Akarere
Mu gihe M23 ikomeje kwigarurira uduce dutandukanye dukikije Umujyi wa Goma ndetse bikaba ngombwa ko Leta ihurira ku meza y’ibiganiro n’izi nyeshyamba yita umutwe...
Hi, what are you looking for?
Mu gihe M23 ikomeje kwigarurira uduce dutandukanye dukikije Umujyi wa Goma ndetse bikaba ngombwa ko Leta ihurira ku meza y’ibiganiro n’izi nyeshyamba yita umutwe...
Ababyeyi barerera mu rugo mbonezamikurire rwo mu murenge wa Nyamata mu karere ka Bugesera, basaraba kongererwa ibyumba kuko ibyo bafite bimaze kubabana bikeya. Mbere...
Urubyiruko rwo mu Murenge wa Rusororo, mu Karere ka Gasabo, harimo n’abafite ubumuga barashishikarizwa kugana ibigo bitanga inama ku buzima bw’imyororoke kandi bagakoresha ikoranabuhanga...
Mu burasirazuba bwa DRC, umutuzo uganje ku wa gatatu, tariki ya 16 Ugushyingo 2022, nyuma y’iminsi myinshi imirwano ikaze hagati y’ingabo za Kongo n’inyeshyamba...
Gukora robo, kujyana n’ubwenge bw’ubukorano ndetse no gukora imfashanyigisho mu ikoranabuhanga ni bimwe mu bikangura ubwenge bw’abana mu gushyira imbaraga mu ikoranabuhanga bahanga udushya....
Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere -RGB, rurasaba imiryango mpuzamahanga itari iya Leta kongera ubugenzi ku nkomoko y’amafaranga ikoresha n’icyo akoreshwa, hirindwa ko hari aho yahurira n’ibyaha...
Abahanga mu bijyanye n’ubuzima bw’abana n’ababyeyi bagira inama ababyeyi kurushaho kwitabira gahunda zijyanye no kwisuzumisha mu gihe batwite ndetse no kubyarira kwa muganga, kuko...
Mu gihe dipolomasi igenda biguruntege mu burasirazuba bwa DRC, imirwano hagati y’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC) n’inyeshyamba za M23 ikomeje gukara....
Minisiteri y’ubuzima irasaba ababyeyi kujya bitabira kwipimisha no kwisuzumisha mu gihe batwite kandi bakazirkana kubyarira kwa muganga, kuko kuko ari bimwe mu bifasha kugabanya...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko uruhare rw’abagabo rukenewe mu rwego rwo kugabanya imfu z’ababyeyi bapfa babyara. Nk’uko bishimangirwa n’abitabiriye itangizwa ry’icyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n’umwana,...
Ambasaderi wa Angola mu Rwanda yemeza ko ibikorwa by’ubuhuza ku ntambara biri gukorwa na Perezida wa Angola, João Manuel Gonçalves Lourenço, ku ntambara hagati...