Amakuru
Benshi mu bahinzi b’i Nasho na Mpanga mu karere ka Kirehe barishimira intambwe bamaze gutera aho kuri ubu binjiza amafaranga arenga ibihumbi 700 kuri...
Hi, what are you looking for?
Benshi mu bahinzi b’i Nasho na Mpanga mu karere ka Kirehe barishimira intambwe bamaze gutera aho kuri ubu binjiza amafaranga arenga ibihumbi 700 kuri...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali butangaza ko bitarenze ukwezi kwa Werurwe 2020, abatuye mu bishanga n’ahandi hashobora gushyira ubuzima bwabo mu kaga bazaba barangije kwimurwa....
Buri wa mbere w’icyumweru cya kabiri cy’ukwezi kwa Werurwe buri mwaka, ni umunsi w’umuryango w’Umuryango uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza rubereye umunyamuryango, umunsi uzwi...
Ku wa Gatandatu tariki ya 07 werurwe 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kayonza yafatiye mu cyuho Muhawenimana Pierre ufite imyaka 30...
Komisiyo ishinzwe Gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare (RDRC: Rwanda Demobilization and Reintegration Commission) mu rwego rwo gushyigikira imijyi yunganira Umujyi wa...
Abatuye Umujyi wa Rubavu bavuga ko n’ubwo bamaze imyaka myinshi amazi meza muri uyu mujyi ari ikibazo cy’ingutu, biteze ikemuka ryacyo ku buryo burambye...
Abaturage batuye mu murenge wa Nyamyumba mu karere ka Rubavu baratangaza ko biteze impinduka zikomeye mu bukungu zizashingira ku cyumba cya Rubavu cyatangiye kubakwa...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyamagabe mu murenge wa Kitabi mu kagari ka Mujuga kuri uyu Gatanu taliki ya 07 Werurwe 2020,...
Mu ijoro ryo ku itariki ya 4 Werurwe 2020, ahagana saa moya n’iminota 40 z’umugoroba (19h44), mu karere ka Gasabo, Umurenge wa Nduba, Akagari...
Kigali – On Monday 24 February 2020, a group of 27 refugees evacuated from Libya was resettled to Sweden from the Emergency Transit Mechanism...
Mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 04 Werurwe 2020 mu masaha ya nijoro ahagana saa yine, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere...
Muri iki gihe icyorezo cya Koronavirusi (Coronavirus) cyiswe COVIA 19 gikomeza kuvugwa hirya no hino ku Isi, bigaragara ko gifite inkomoko mu Bushinwa, ndetse...
Ukwezi kwa Werurwe kwahariwe Francophonie, uyu mwaka ni umwihariko hamwe n’isabukuru y’imyaka 50. Umunsi mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa (Francophonie) wizihizwa buri mwaka ku...
Iki gitaramo giteganyijwe kuba ku wa 8 Werurwe 2020, ari na yo tariki yizihizwaho umunsi mpuzamahanga w’abagore. Ku nshuro ya mbere kikaba kigiye kuba...
Ikigurishwa: Inzu UPI: 01/02/13/03/507 Tariki ya cyamunara: 11/03/2020 Isaha ya cyamunara: 11:00 Aho umutungo uherereye Akagari: Rukiri I Umurenge: Remera Akarere: Gasabo Telefoni wabarizaho: 0788501936 Soma itangazo hano hasi