Amakuru
Umuvugizi wa ADEPR, Pasiteri Karuranga Ephrem, n’itsinda ayoboye ry’abantu bane kuva ku wa mbere tariki 12 kugeza ku wa 23 Kanama 2019 bari mu...
Hi, what are you looking for?
Umuvugizi wa ADEPR, Pasiteri Karuranga Ephrem, n’itsinda ayoboye ry’abantu bane kuva ku wa mbere tariki 12 kugeza ku wa 23 Kanama 2019 bari mu...
ADEPR ishami rya Uganda yugarijwe n’uruhuri rw’ibibazo birimo imiyoborere bivugwa ko ishingiye ku bunyangamugayo buke ariko kandi inyandiko zaryo zikaba zinagaragaza ko riyobowe n’Umucuruzi...
Ubuyobozi bukuru bwa ADEPR burashinjwa na bamwe mu bakirisito kubayoboza igitugu, gucecekesha abashaka kugaragaza akarengane kagirirwa bamwe mu bashumba n’abakirisito, ndetse no kwirukana abo...
Abagize group ya Fine Gospel baravuga ko urubyiruko ari imbaraga z’igihugu kandi z’Itorero zubaka. Muri iki gitaramo hiteguwemo gutangira abatishoboye ubwisungane mu kwivuza. Abagize...
Panorama Amakuru agera ku kinyamakuru Panorama ni uko kuri uyu mugoroba wo ku wa 11 Werurwe 2018, Umushumba wa Diyoseze ya Cyangugu Nyiricyubahiro Musenyeri...
Korali Christus Vincit iririmba cyane cyane mu cyongereza, igizwe n’abaririmbi bagera kuri magana abiri basengera muri Centre Christus i Remera. Mu rwego rwo kugaragaza...
Kiliziya Gatolika yateye intambwe ikomeye mu gusaba imbabazi no kuzisabira abayo bagize uruhare rutaziguye muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Intambwe yatewe ni iyo gushimwa. Ariko...
Bamwe mu bakirisito bo mu itorero rya EPR Paruwasi ya Rubengera, batewe agahinda n’uko ahakabaye hakorera ibiro bikuru by’itorero ryabo hahinduwe akabari k’inzoga kandi...
Binyujijwe mu rubyiruko ruturutse mu mpande zose z’igihugu, Itorero Evangelical Restoration Church mu Rwanda ryateguye igiterane mpuzamahanga cy’urubyiruko kizamara iminsi irindwi kizabanzirizwa n’ibitaramo bikomeye mu...
Itorero ry’Umwuka wera mu Rwanda, ADEPR, ryahoze ryitwa Ishyirahamwe ry’amatorero ya Pantekoti mu Rwanda, kuri iki gicamunsi ryabonye abayobozi bashya b’inzibacyuho, nyuma y’aho abari...
Itorero UDEPR “Union des Eglises Pentecotistes au Rwanda” riyobowe na Rev. Past. Kavamahanga Alphonse wahoze ari umuhanzi n’umuvugabutumwa ukomeye mu itorero rya ADEPR, nyuma...
Ku wa 13 Nzeri 2016, imfungwa n’abagororwa basaga ibihumbi bitanu bafungiye muri gereza nkuru ya Gasabo mu murenge wa Kimironko basuwe n’abayobozi bakuru ba...
Guhera ku itariki ya 18 kugera kuya 24 Mata 2016, kuri Paruwasi ya Nyamata, mu Karere ka Bugesera cyari icyumweru cyahariwe gutangiza gahunda y’isanamitima...