Akarere
Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu yemeje guha ikibazna Jari Investment Ltd. muri Gashyantare 2020; ikubaka Gare ya kijyambere izakemura ikibazo cy’iterambere ry’ubwikorezi, Imirimo itegura...
Hi, what are you looking for?
Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu yemeje guha ikibazna Jari Investment Ltd. muri Gashyantare 2020; ikubaka Gare ya kijyambere izakemura ikibazo cy’iterambere ry’ubwikorezi, Imirimo itegura...
Charles Ndereyehe, Umunyarwanda utuye mu Buholandi ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ku wa kabiri ni mugoroba yatawe muri yombi na...
Mu rwego rwo kunoza ibikorwa bikorwa n’abanyamwuga runaka iteka bigira imirongo bigenderaho ishyizweho n’urwego rubifitiye ububasha. Iyo mirongo ngenderwaho mu rurimi rw’icyongereza twayita “Policies”....
Mu turere twa Gasabo na Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali hari imiryango isaga 400 yimuwe mu manegeka imyinshi muri yo igicumbikiwe mu bigo by’amashuri...
U Buholandi bwataye muri yombi Charles Ntahontuye Ndereyehe wamenyekanye ku izina rya Karoli, ukurikiranweho uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi cyane cyane ahahoze ari...
Iteka rya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika nimero 082/01 ryo ku wa 28/8/2020 rishyiraho Inteko y’Umuco igika cya karindwi, bigaragara ko guteza imbere umuco wo...
Mu kiganiro Perezida wa Repubulika yagiriye kuri Televiziyo y’u Rwanda ku wa 6 Nzeri 2020, abajijwe ku birebana no kugezwa i Kigali kwa Paul...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame araburira abagerageza kwijandika mu bikorwa bihungabanya umutekano n’umudendezo w’Abanyarwanda kuko bazakomeza kubibazwa. Abamaze kugezwa imbere y’ubutabera bo ubwabo bizagera...
Bamwe mu bahinzi ba tungurusumu bo mu karere ka Musanze, bararira nyuma y’ibihombo batewe no kubura isoko y’umusaruro wabo uheze mu mirima. Abo bahinzi...
Ku wa 3 Nzeri 2020 mu kiganiro cyihariye hamwe n’Ikigo cy’igihugu cy’Itangazamakuru (RBA), hatambutse ikiganiro kivuga kuri gahunda nshya zigenewe urubyiruko binyuze mu gikorwa...
Mu nkengero z’ikiyaga cya Mugesera giherereye mu murenge wa Rukumberi mu karere ka Ngoma, habonetse imibiri 42 y’abatutsi bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi mu...
Kuva ku itariki ya 31 Kanama 2020, Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali yashyizeho amabwiriza akubiyemo ibihano bikakaye bijyanye n’amakosa akorwa mu kudakurikiza amabwiriza yo...
Abatuye Umurenge wa Nyabimata mu Karere ka Nyaruguru bishimiye itabwa muri yombi rya Paul Rusesabagina, nyuma y’agahinda n’intimba yabateye mu 2018 ubwo umutwe yabagamo...
Polisi ikorera mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Rukoma ikomeje ibikorwa byo kurwanya abacukura bakanagurisha amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Ku wa...
Rusesabagina Paul yavukiye mu yahoze ari Komine Murama muri Perefegitura ya Gitarama ku wa 15 Kamena 1954, ubu ni mu Ntara y’Amajyepfo, Akarere ka...