Amakuru
Igitaramo Ikirenga mu Bahanzi ni igitaramo gishingiye ku guteza imbere umuco biciye ku bahanzi, aho hazashimirwa umuhanzi wamamaje umuco nyarwanda mu Rwanda no mahanga,...
Hi, what are you looking for?
Igitaramo Ikirenga mu Bahanzi ni igitaramo gishingiye ku guteza imbere umuco biciye ku bahanzi, aho hazashimirwa umuhanzi wamamaje umuco nyarwanda mu Rwanda no mahanga,...
Minisiteri y’ubuzima ibinyujije mu kigo cy’igihugu Gishinzwe Ubuzima (RBC), ku bufatanye na Minisiteri y’Ingabo n’abafatantabikorwa, ku wa 4 Gashyantare 2020 mu kuzirikana umunsi wahariwe...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwishimira ko kuba serivisi z’ubuzima zaregerejwe abaturage, bacitse ku muco wo kubarira mu rugo bagana ibigo nderabuzima. Ubu ababyeyi babyarira...
Daniel Toroitich Arap Moi wabaye Perezida wa Kenya igihe k’imyaka 24 yatabarutse afite imyaka 95. Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta ni we watangaje ko...
Abaturage bakomeje gushima ubutwari bw’umugabo wagaragaye mu mashusho arohora umwana wari ugiye gutwarwa n’amazi y’imvura muri ruhurura ya Nyabugogo mu mpera z’icyumweru gishize. Nk’uko...
Umukecuru witwa Nyiranzabihimana Marceline ufite imyaka 56 utuye mu karere ka Rutsiro yafatanwe udupfunyika 488 tw’urumogi. Uru rumogi yagendaga akuraho rukeya akaruha umwana w’imyaka 15 akajya...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Karongi mu murenge wa Bwishyura ku cyumweru tariki ya 02 Gashyantare 2020 yafashe uwitwa Dushimiyimana Jean Claude...
Abaturiye ruhurura itwara amazi aturuka mu bice bya Stade Amahoro iyajyana mu mubande w’Akagari ka Nyabisindu baratabaza ko hatagize igikorwa, uretse kuba aya mazi...
“Ubuyobozi bwacu bwaduhaye imfashanyigisho n’aho kurebera hagaragara. Ntacyatuma rero tudasigasira ubutwari bw’abanyarwanda bwazutse… amahirwe twagize ni uko mbere y’ubukoloni twagize ubuyobozi buharanira kugira igihugu...
Mu ijoro rya tariki ya 31 Mutarama rishyira iya 01 Gashyantare 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali ku bufatanye n’inzego z’abaturage...
Buri wa 1 Gashyantare u Rwanda rwizihiza Umunsi w’Intwari, hibukwa ibikorwa by’indashyikirwa byaranze abantu batandukanye kugeza n’ubwo bamwe bahara ubuzima bwabo bitangira igihugu n’abagituye....
Abapolisi bagera kuri 40 barimo 20 baturutse muri Polisi yo mu gihugu cya Sudani y’Epfo (South Sudan National Police Servise) na 20 baturutse muri...
Abayobozi batandukanye barimo abafite mu nshingano Itangazamakuru mu Rwanda, ab’inzego z’ibanze bo muri iyi Ntara, Polisi, abasirikare, Dasso n’abandi, ku wa Kane tariki ya...
Abayobozi b’ibigo by’amashuri mpuzamahanga bikorera mu Rwanda biyemeje guhangana n’ikibazo k’ibiyobyabwenge kivugwa mu bigo bayobora, basaba Polisi n’abandi babifite mu nshingano kubaha imfashanyigisho ziteguye...
Leta y’u Rwanda ifatanyije n’abafanyabikorwa bagiye gushyiraho ingo mbonezamikurire y’abana bato 5000. Uyu mushinga biteganyijwe ko uzaba urangiye mu 2021. Uwo mushinga uzatwara miliyoni...