Amakuru
Abakozi b’Ishuri rikuru ry’Imyuga n’Ubumenyingiro (IPRC Ngoma) kuwa 04/07/2020 bashyikirije abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu karere ka Ngoma amashanyarazi akomoka ku...
Hi, what are you looking for?
Abakozi b’Ishuri rikuru ry’Imyuga n’Ubumenyingiro (IPRC Ngoma) kuwa 04/07/2020 bashyikirije abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu karere ka Ngoma amashanyarazi akomoka ku...
Urugamba rw’amasasu rwo kubohora igihugu rwararangiye ariko Kwibohora ni urugendo rukomeje rugana ku cyerekezo cyo kugira u Rwanda rutarangwamo ubukene, rufite ibikorwaremezo byorohereza abaturage...
Padiri Gakirage Jean Bosco ni Umunyarwanda rukumbi w’Umupadiri wo mu Muryango witwa Gomboni Missionaries. Yasabye ikiruhuko i Roma ngo aze mu Rwanda gutanga umusanzu...
Itangazo ryatanzwe na RURA, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Nyakanga 2020, rivuga ko guhera ku wa Gatandatu tariki ya 4 Nyakanga 2020...
Ni igikorwa cyateguwe ku bufatanye bw’imiryango itari iya Leta iharanira ubuzima bwiza n’ubutabera yahuje imbaraga ibitewemo inkunga n’Umuryango w’Ubumwe bw’Iburayi (EU) kuva ku wa...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwatangaje ko butazihanganira abantu barenga ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19 barimo abakomeje gucuruza inzoga mu tubari, abacuruzi batateganyije...
Amakuru yakwirakwiye ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 28 Kamena 2020 nibwo abagizi ba nabi bishe umugabo wo mu murenge Gishamvu mu karere...
Inda z’imburagihe, kwirirwa mu mihanda ndetse no guta ishuri ni bimwe mu bibazo abana bahura na byo bikomotse ku makimbirane mu miryango. Ibi ni...
Umugabo witwa Rwagasore Jean de Dieu, utuye mu murenge wa Mukama mu karere ka Nyagatare bivugwa ko nyuma yo kugurisha umutungo we akajya gutura...
Ikigurishwa: Ibikoresho by’ishuri UPI: 5/07/10/05/2134 Tariki ya cyamunara: 02/07/2020 Isaha ya cyamunara: 10:00am Aho umutungo uherereye Akagari: Remera Umurenge: Nyamabuye Akarere: Muhanga Telefoni wabarizaho: 0788307398 Soma itangazo hano hasi
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Byumba mu Karere ka Gicumbi, bavuga ko baterwa isoni no kugura udukingirizo aho abandi bababona. Ibi bikaba...
Mu rwego rwo kugoboka imiryango itishoboye isanzwe ibaho ari uko yakoze, imiryango itegamiye kuri Guverinoma ifite mu nshingano zayo ubutabera n’ubuzima, ibitewemo inkunga n’Umuryango...
Bamwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Gicumbi bavuga ko batakoresha uburyo bwo kuboneza urubyaro bw’igihe kirekire batarashaka, kubera ko batinya ingaruka bishobora kubagiraho...
Itangazo dukesha Umuryango uhuza abahoze ari abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi (GAERG), rigaragaza ko kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Kamena 2020, hateguye...
Inama y’abaminisitiri idasanzwe yateranye ku wa 16 Kamena 2020, muri Village Urugwiro, iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, mu myanzuro yafashe harimo gukomorera...