Amakuru
Munezero Jeanne d’Arc Abaforomo n’ababyaza bagaragaza ko ikibazo cy’umushahara udahuye n’akazi bakora ndetse n’aho ibihe bigeze gikomeje kuba ingorabahizi. Iki kibazo gituma iyi serivisi...
Hi, what are you looking for?
Munezero Jeanne d’Arc Abaforomo n’ababyaza bagaragaza ko ikibazo cy’umushahara udahuye n’akazi bakora ndetse n’aho ibihe bigeze gikomeje kuba ingorabahizi. Iki kibazo gituma iyi serivisi...
Bamwe mu rubyiruko bavuga ko babangamirwa no kuba badahabwa umwanya uhagije mu gutegura ibibakorerwa, bakifuza ko aribo bakwiye guhabwa umwanya ufatika mu biganiro bigena...
Mu nama nyunguranabitekerezo n’abafatanyabikorwa barimo ibigo bya Leta n’iby’abikorera, Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu (REG) yagaragaje ko imishinga migari ikenera amashanyarazi yaba iy’igihugu ndetse...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ari mu gihugu cya Latvia mu uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu. Muri uru ruzinduko azagirana ibiganiro bizabera mu muhezo na...
Umugenzuzi Mukuru w’Urwego rushinzwe kugenzura Iyubahirizwa ry’Ihame ry’Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagore n’Abagabo mu Iterambere ry’Igihugu (GMO), Ndine Umutoni Gatsinzi, avuga ko hakiri imbogamizi nyinshi zibuza...
Ikigo cya Amerika gishinzwe kurwanya no gukumira ibyorezo (CDC) cyatangaje ko cyiteguye kohereza inzobere mu Rwanda ngo zifatanye n’itsinda ry’u Rwanda mu guhangana na...
Written by: Malliavin Nzamurambaho The beauty and cosmetics industry in Rwanda has undergone substantial expansion in recent years, evolving from a mere physical enhancement...
Munezero Jeanne d’Arc Bamwe mu bahagarariye inzego zitandukanye zifite aho zihuriye no kurengera umwana, bavuga ko kuba hakiri abana bajya ku muhanda abandi bagasubirayo...
Lagos, September 25, 2024 – Zipline, the leader in autonomous delivery, is teaming up with the government of Nigeria to transform health access and equity...
Rukundo Eroge Abaturage batuye mu turere umunani tugize Intara y’Amajyepfo, abasaga 22% ntibaragerwaho n’amazi meza. N’ubwo Intara y’Amajyepfo itangaza ko igeze ku kigero cya...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, kuri uyu wa mbere tariki ya 23 Nzeri 2024 yashyizeho abasenateri bane barimo na Dr. Usta Kaitesi wahoze ari...
Mu Rwanda hatangiye gutangwa urukingo rw’icyorezo cya Mpox, gikomeje guhangayikisha Isi by’umwihariko akarere k’ibiyaga bigari muri Afurika. Ni ibyatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima ku wa...
Rukundo Eroge Abanyeshuri 266 basoje kwiga muri Kaminuza Gaturika y’u Rwanda (CUR) basabwe kuba inkingi y’iterambere ry’Igihugu mu byo berekejemo byose bahereye ku babegereye,...
Umujyi wa Kigali uherutse gutangaza ko ugiye gutangira iyubahirizwa ry’Iteka rya Minisitiri ryo ku wa 10 Nyakanga 2024, ryerekeye gufatira ubutaka by’agateganyo no gusesa...
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, yatangaje iby’agateganyo byavuye mu matora y’Abasenateri 12 batorwa n’inzego hakurikijwe inzego z’imitegekere y’Igihugu mu Ntara n’Umujyi wa Kigali. Ni amatora yabaye...