Amakuru
Rukundo Eroge Kaminuza ya Kibogora Polytechnic ikomeje gushimirwa umusanzu wayo mu kubaka urwego rw’ubuzima no guhindura imibereho y’abaturage binyuze mu burezi. Ku wa 15...
Hi, what are you looking for?
Rukundo Eroge Kaminuza ya Kibogora Polytechnic ikomeje gushimirwa umusanzu wayo mu kubaka urwego rw’ubuzima no guhindura imibereho y’abaturage binyuze mu burezi. Ku wa 15...
Ingabo z’u Rwanda zatangiye igikorwa cyo kwinjiza mu ngabo urubyiruko rwifuza kwinjira mu Mutwe w’Inkeragutabara. Ni mu gihe mu busanzwe, uyu mutwe wari ugizwe...
Mu karere ka Rusizi 35% by’umusaruro w’umuceri uherutse kwera mu kibaya cya Bugarama, bingana na toni zisaga gato 2.600, ni wo wonyine umaze kugurwa...
Umwami wa Eswatini, Mswati III, uri mu ruzinduko mu Rwanda aho yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Paul Kagame wabaye ku wa 11 Kanama 2024,...
Bamwe mu bazi akamaro k’amashereka ku mwana bagaragaza ko konsa umwana kuva akivuka kugeza ku mezi atandatu (6), bimuha amahirwe yo gutangira ubuzima neza,...
Leta y’u Rwanda ikeneye amafaranga y’u Rwanda asaga miliyari esheshatu yo kugura izindi sitasiyo 180 zipima ubwinshi n’umuvuduko w’amazi ku biyaga no ku migezi...
Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru -RBA cyasuye Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa muri Repubulika ya Santarafurika mu rwego rw’amasezerano ibihugu byombi byagiranye. Ahitwa Bimbo mu...
Mu gihe politike y’u Rwanda yahaye agaciro abajyanama b’ubuzima. Bamwe mu bifuza serivise z’ubuzima ntibabikozwaga, ariko muri gahunda y’imyaka irindwi yo kwihutisha iterambere, uruhare...
Rukundo Eroge Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda (UPDF) Gen. Muhozi Kainerugaba agiye kugaruka mu Rwanda mu muhango wo kurahira kwa Perezida Paul Kagame. Ibi...
Décidément, Kigali se définit comme incontournable pour celui qui dit avoir gravé au fond de son cœur le nom du Rwanda. Après une tournée...
Amakuru ya vuba ku nkongi yazindukiye mu cyanya cy’inganda cya Kigali avuga ko uruganda rwahiye ari urw’Abashinwa rukorera imyenda muri kiriya cyanya. Umuvugizi wa...
By Eroge Rukundo Dufatanye Organization, in partnership with Suyana Foundation from Switzerland, inaugurated two boreholes containing clean water in Nyanza district, Rwabicuma sector, Mubuga...
Minisiteri w’Ubuzima itangaza ko abanyarwanda barenga 32 bamaze guhabwa serivise yo gusimburizwa impyiko mu Rwanda kandi byagenze neza. Iyi gahunda yatangijwe mu 2023 ubwo...
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi mu Rwanda (MINAGRI) itangaza ko zimwe mu mbuto z’ibihigwa birimo Ibigori, Soya ndetse n’Ingano bitagishakwa hanze, kubera ko mu gihugu hatuburirwa...
Mu karere ka Gatsibo, mu murenge wa Murambi, ku nkmbe z’ikiyaga cya Muhazi hatangiye kubakwa uruganda rw’amazi rwitezweho kugeza amazi meza ku baturage barenga...