Connect with us

Hi, what are you looking for?

Amakuru

Perezida Kagame yakiriye itsinda ry’abanyeshuri ba Kaminuza ya Wharton yo muri Amerika

Ku wa Gatatu, tariki ya 15 Mutarama 2025, Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, itsinda ry’abanyeshuri ba Kaminuza ya Wharton yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, biga amasomo y’icyiciro cya Gatatu cya Kaminuza mu bijyanye n’ubucuruzi.

Iri tsinda riyobowe na Profeseri Katherine Klein na Eric Kacou. Bari mu Rwanda muri gahunda yo kurwigiraho uko rwashoboye kwiyubaka nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.

Barashaka kumenya kandi uko u Rwanda rwashyizeho imiyoborere ndetse na gahunda zigamije kwihutisha iterambere ry’igihugu nyuma y’ibihe bikomeye rwanyuzemo.

Ni mu isomo rifite insanganyamatsiko igira iti “Amakimbirane, imiyoborere n’impinduka.

Panorama

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Izindi wakunda

Advertisement

Address:

KG 17 Av 37
Remera-ARJ/RMC House
Amahoro National Stadium
Registration Number: RMC/C/14/015
Accreditation: RURA/ICT/LIC/210181745

e-mail: editor.panorama.rw@gmail.com; panoramarw@gmail.com

Tel: 0788300359 -0733003020

Twitter: @PanoramaNewspa1; @reneanthere
Facebook: Panorama Newspaper

Services:

Panorama Newspaper, Animation, Conducting Community debates, Organizing Talk shows, Consultancy in Media, Photography, Newsletters, Magazines, Videos, Documentaries, Translation, Editing, Book publishing, Motion picture, video and television programme production activities, Motion picture, video and television programme postproduction activities
Motion picture, video and television programme distribution activities, Motion picture projection activities, Other information service activities n.e.c.
Other publishing activities, Publishing of newspapers, journals and periodicals
Radio broadcasting, Television programming and broadcasting activities