Amakuru
Bamwemu bagore babyarira mu Bitaro bya ADEPR Nyamata biherereye mu karere ka Bugesera bishimira ko batangiye kubakirwa inzu y’ababyeyi izaba irimo n’ibikoresho bigezweho. Ibi...
Hi, what are you looking for?
Bamwemu bagore babyarira mu Bitaro bya ADEPR Nyamata biherereye mu karere ka Bugesera bishimira ko batangiye kubakirwa inzu y’ababyeyi izaba irimo n’ibikoresho bigezweho. Ibi...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, cyasohoye urutonde rw’ibigo by’a,ashuri y’incuke ndetse n’abanza 61 byo mu turere 11 byafunzwe guhera mu gihembwe cya...
Perezida Paul Kagame asaba abayobozi kujya bubahiriza ibyo baba barahiriye, abibutsa ko indahiro atari umugenzo gusa ahubwo ifite uburemere bwayo kandi bijyana n’inshingano baba...
Ubuyobozi bw’Urwego rw ‘Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) butangaza ko bataye muri yombi abayobozi batatu bakorera mu turere twa Rusizi, Nyamasheke na Kirehe, bakurikiranweho gutanga amasoko ya...
Ubuyobozi bwa Chorale de Kigali bwavuze ko mu gitaramo ngarukamwaka cya Noheli basanzwe bakora, icy’uyu mwaka kikaba gifite umwihariko ku bana, ariko itibagiwe n’abandi...
Rev Kabayiza Louis Pasteur yatorewe kuba Musenyeri Mushya w’Itorero Angilikani ry’u Rwanda, EAR, muri Diyosezi ya Shyogwe, asimbuye Dr Jered Kalimba. Inama y’Abepiskopi yateranye...
Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu -REG, itangaza ko muri gahunda ya “Tekera Heza” no gushyiraho nkunganire ku mashyiga avuguruye yatangiye mu 2021. Abaturage bashima...
Ku wa 17 Ukuboza 2024, Perezida Paul Kagame, yifashishije ikoranabuhanga, yagejeje ubutumwa ku bitabiriye igikorwa cyo gutangiza ikigo cy’ishuri ry’icyitegererezo cy’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita...
Malliavin Nzamurambaho Uruhererekane rurambye rwa FIA (Fédération Internationale de l’Automobile) mu dushya tw’ubudahangarwa, rwatangijwe bwa mbere i Tokyo muri Werurwe 2024, rukaba rwarateguwe na...
Yanditswe na Malliavin Nzamurambaho Mu Rwanda indwara zitandura (NCDs), zizwi kandi ku izina ry’indwara zidakira. Ni indwara zidakwirakwizwa n’abantu hagati yabo. Izi ndwara akenshi...
Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (BAD/AfDB), yemereye Guverinoma y’u Rwanda inguzanyo ya miliyoni 100 z’amadolari ya Amerika ni ukuvuga amafaranga y’u Rwanda asaga miliyari 138,8...
Rukundo Eroge Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyamagabe bishimira iterambere bagezeho bava mu bukene bukabije, babikesha gukoresha neza inkunga bahawe n’Umushinga Compassion...
Rukundo Eroge Imiryango 20 ifite abana bafashwa n’umushinga RW0755 ukorera mu karere ka Nyamagabe, mu murenge wa Gasaka, mu Itorero rya EAR Paruwasi Gitantu,...
Dr. Rutayisire François Xavier, Umuganga wimenyereza umwuga mu kubaga indwara zifata ubwonko, uruti rw’umugongo ndetse n’imyakura muri Kaminuza y’u Rwanda by’umwihariko akaba n’umushakashatsi, yegukanye igihembo...
Abashakashatsi n’impuguke mu by’ubuzima baturutse mu bihugu 19 bikoresha ururimi rw’Igifaransa birimo n’u Rwanda, basuzumiye hamwe uko imihindagurikire y’ibihe itaba imbarutso y’ubwiyongere bwa Malariya....