Amakuru
Embarking on a journey of knowledge exchange and academic enrichment, a delegation of two esteemed representatives from Rwandan Higher Learning Institutions has set foot...
Hi, what are you looking for?
Embarking on a journey of knowledge exchange and academic enrichment, a delegation of two esteemed representatives from Rwandan Higher Learning Institutions has set foot...
Bamwe mu baganga n’imiryango itegamiye kuri leta yifuza ko hakwiye gutegurwa inyigisho ziri mu mvugo zakorohera ababyeyi, bakwifashisha mu kwigisha abana ibijyanye n’ubuzima bw’imyorokere....
Abaturage bo mu karere ka Gisagara basoje inyigisho z’urugendo rw’isanamitima rigamije ubumwe n’ubwiyunge, basabwe kurangwa n’ibitekerezo bigamije iterambere kurusha ibindi igihe icyo aricyo cyose....
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Mbazi, Akagari ka Manwari, bahangayikishijwe no kutagira ibyangombwa by’ubutaka bwabo, kuko basanze bwanditswe kuri...
Abanyamakuru b’ibitangazamakuru bitandukanye bakorera mu ntara y’Amajyepfo bishyizehamwe basura kandi banaremera inka umuturage wo mu karere ka Ruhango, Umurenge wa Ruhango, Akagari ka Rwoga...
Abaturage bo mu karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Mbazi basabwe kunyurwa n’ibyemezo ku bibazo byakemuwe ntibabibaze abandi bayobozi kandi byarafatiwe imyanzuro ndakuka. Ibi aba...
Abanyeshuri bo mu ishuri ribanza rya Mère du Verbe riherereye mu murenge wa Remera, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali biga mu mwaka wa...
Ibibazo binyuranye bishingiye ku miyoborere mu rugaga rw’abahesha b’Inkiko b’umwuga ndetse n’ibishingiye ku mategeko, ni bimwe mu byakirijwe Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya...
Abaturage batujwe mu Midugudu ya ShimwaPaul, Akayange na Rwabiharamba bakuwe ahari ibikorwa by’umushinga wa Gabiro Agri-Business Hub mu Karere ka Nyagatare, barishimira ko ubuzima...
Abaturage b’uyu murenge kimwe n’ahandi mu gihugu hose ku wa 04 Nyakanga 2023 ishema n’isheja barikumwe n’ubuyobozi bw’akarere n’umujyi wa Kigali bifatanyije mu kwishimira...
Ihuriro ry’ibigo bikora isuku n’isukura mu Rwanda, ASCCOR (Association of Cleaning Companies of Rwanda), basaba ko Guverinoma ikwiye guca akajagari kaba mu masoko y’isuku,...
Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Sabusaro, Umurenge wa Kansi mu karere ka Gisaga, barishimira ibiro bishya by’akagari bubakiwe ariko na bo babigizemo...
Mu kwizihiza ku nshuro ya 29 Isabukuru, ku wa 04 Nyakanga 2023, urubyiruko rwo mu Kagari ka Rugando, Umurenge wa Kimihurura mu karere ka...
Abaturage bo mutugari dutandukanye tugize Umurenge wa Ngoma, mu karere ka Huye basabwa buri wese uruhare rwe mu gukomeza gutera imbere kw’igihugu, ahereye mu...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yibukije urubyuruko kumva ko rufite inshingano ikomeye yo gusigasira amateka yo kwibohora yanditswe mu maraso y’urubyiruko bagenzi babo rwitangiye...