Football
Ikipe zihagararira u Rwanda mu mikino mpuzamahanga zikunze kutagera kure, cyane cyane APR FC, bikitirirwa ahaniniabakinnyi b’abanyarwanda baba bakina muri izo kipe. Izifite abanyamahanga...
Hi, what are you looking for?
Ikipe zihagararira u Rwanda mu mikino mpuzamahanga zikunze kutagera kure, cyane cyane APR FC, bikitirirwa ahaniniabakinnyi b’abanyarwanda baba bakina muri izo kipe. Izifite abanyamahanga...
La Basketball Africa League (BAL) a constitué une équipe sélectionnée de joueurs de la ligue qui a atteint les quatre derniers lors de leur...
The Basketball Africa League (BAL) put together a select team of players from the league which reached the final four in their first-ever participation...
Perezida Paul Kagame, mu kiganiro cyo ku wa 4 Nyakanga 2023, yaburiye ababa muri siporo y’u Rwanda badakora ibyo badasohoza inshingano zabo bakirirwa mu...
Ku cyumweru tariki ya 25 Kamena 2023, Abakunzi ba APR FC n’Abafana babarizwa muri Umurava Fan Club, basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Muyumbu...
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Carlos Alós Ferrer, kuri uyu wa 1 Kamena 2023, yahamagaye abakinnyi 28 azifashisha mu mukino u Rwanda rufitanye Mozambique ku...
Ku wa 19 Mata 2023 nibwo Nizeyimana Olivier wari Perezida wa FERWAFA yoherereje ibaruwa abanyamuryango, abamenyesha ko yikuye mu nshingano yari ashinzwe mu Ishyirahamwe...
Umunyarwanda Jimmy Gatete ari mu bakapiteni 8 batoranijwe bahagarariye amakipe yo mu turere umunani two ku isi biteganijwe ko bazitabira igikombe cy’Isi cy’abakanyijijeho muri...
Perezida Paul Kagame aratangaza ko umupira w’amaguru ari Siporo y’ingirakamaro mu mibereho y’Abanyarwanda, bityo ko u Rwanda rutazahwema kuwuteza imbere. Nk’uko RBA dukesha iyi...
Perezida wa CAF agiye gushikiriza Perezida Paul Kagame igihembo cy’indashyikirwa nk’umuntu ushyigikira siporo muri rusange n’umupira w’amaguru by’umwihariko mu birori bikomeye bizabera i Kigali...
Rutahizamu wa Argentina na Paris St-Germain Lionel Messi yegukanye igihembo cy’umukinyi mwiza wa FIFA mu 2022 ku ruhande rw’abagabo. Uyu mukinyi w’imyaka 35 yatsinze...
Henok Mulueberhan has achieved a magnificent double by winning the last stage and the final classification of this fifteenth edition of the Tour du...
Chris Froome yageze mu Rwanda mu rukerea rwo kuri uyu wa kane aje kurushanwa muri Tour du Rwanda izatangirira i Kigali ku cyumweru tariki...
Kuri iki cyumweru tariki ya 12 Gashyantare 2023, Ikipe ya Rayon Sports FC yatsinze APR FC 1-0 mu mukino wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu...