Football
Nk’uko tubikesha urubuga rwa APR FC, Ikipe y’ingabo z’igihugu igeze muri Tunisia aho yatangiye urugendo kuva ejo 19h00 z’ijoro banyura muri Uganda bakomereza muri...
Hi, what are you looking for?
Nk’uko tubikesha urubuga rwa APR FC, Ikipe y’ingabo z’igihugu igeze muri Tunisia aho yatangiye urugendo kuva ejo 19h00 z’ijoro banyura muri Uganda bakomereza muri...
Ku wa 19 Ukwakira 2021, Abakinnyi b’ikipe y’ingabo z’igihugu barekeje muri Tunisia aho bagiye gukina umukino wo kwishyura wa CAF Champions League na Etoile...
Ikipe ya Etoile de l’Est y’i Burasirazuba mu karere ka Ngoma, igarutse mu cyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru mu Rwanda nyuma y’imyaka 24. Ikipe...
Igitego cyinjijwe na Kylian Mbappé mu minota ya nyuma y’umukino, cyafashije u Bufaransa kwegukana irushanwa rya UEFA Nations League butsinze Espagne ibitego 2-1 ku...
Umukino w’umupira w’amaguru wahuzaga u Rwanda na Uganda ku Cyumweru tariki 10 Ukwakira 2021, warangiye ikipe y’umupira w’amaguru ya Uganda (Cranes) yongeye gutsinda u...
Iyi ntsinzi bayihawe n’igitego kinjijwe na Kylian Mbappé, mu minota ya nyuma y’umukino, ari na cyo cyafashije u Bufaransa kwegukana irushanwa rya UEFA Nations...
Mu mugoroba wo ku wa gatatu tariki ya 8 Nzeri 2021 ni bwo Parfait HAKIZIMANA yasesekaye i Kigali akubutse i Tokyo aho yari yitabiriye...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yabajijwe impamvu akomeza gufana ikipe nka Arsenal ihora itsindwa, avuga ko mu gihe inshuti igize ibyago kandi bitakugira ingaruka...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda «Amavubi Stars” yatsinzwe umukino wa mbere mu itsinda E ry’amarushanwa yo gushaka itike y’igikombe cy’isi kizabera muri Qatar mu mpeshyi...
Adrien Niyonshuti Cycling Academy (ANCA) bakiriye inkunga y’ibikoresho by’umukino w’amagare (Cycling) byavuye muri muryango wo mu Bufaransa “AMITIE CH’TI RWANDA”. Ni igikorwa cyabaye ku...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Cricket mu bagabo izakina imikino itanu ya T20 na Ghana mu rwego rwo kwitegura imikino y’amajonjora yo guhatanira itike...
Ku wa gatatu tariki ya 4 Kanama 2021, nibwo ubuyobozi bwa APR FC bwafashe icyemezo cyo gusezera burundu umukinnyi wakinaga hagati mu kibuga Niyonzima...
Butera Andrew, wakiniraga APR FC ubu akaba yaratijwe ikipe ya AS Kigali, arashimira cyane ubuyobozi bwa APR FC bwemeye icyifuzo cye cyo gutizwa mu...
Impuzamashyirahamwe y’ibihugu byo mu karere ka Afurika y’i Burasirazuba no hagati (CECAFA) mu mupira w’amaguru, yamaze gutangaza amakipe 10 arimo APR FC yemeye kwitabira...
Ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko bwagennye ubundi buryo amakuru y’ikipe azajya atambutswa buri munsi mu rwego rwo gufasha abakunzi b’ikipe y’ingabo z’igihugu kumenya...