Amakuru
Gutura neza kandi heza ni byiza. Akarusho ariko ni ugutura neza ukazigama n’aho kubyaza umusaruro. Hirya no hino mu gihugu abantu barubaka ubutitsa. Amazu...
Hi, what are you looking for?
Gutura neza kandi heza ni byiza. Akarusho ariko ni ugutura neza ukazigama n’aho kubyaza umusaruro. Hirya no hino mu gihugu abantu barubaka ubutitsa. Amazu...
Hirya no hino, haba mu cyaro cy’Umujyi wa Kigali, mu turere bihana imbibi ndetse n’uturere tugomba kuba imijyi yungirije umurwa mukuru hazamuka inyubako ubutitsa,...
Si urugendo rworoshye ugenda n’amaguru, kuko ni mu cyaro ariko kandi ni mu Mujyi wa Kigali. Iyo ugitukunguka ku rugi rw’igipangu, wibaza niba ugeze...
Bakunzi bacu mudukurikirana umunsi ku munsi, Ubuyobozi bw’Ikinyamakuru Panorama bufashe uyu mwanya kugira ngo tubisegureho kubera iminsi itatu mwari mumaze mutabona amakuru. Twagize ikibazo...
Abakunzi b’Ikinyamakuru Panorama ubu kiri ku isoko aho musanzwe mugurira ibinyamakuru. Kirimo amakuru asesenguye, areba impande zose z’ubuzima. Inkuru z’ingenzi musangamo ni izi zikurikira:...
Abanditsi bakuru mu bigo by’itangazamakuru bagera kuri mirongo itanu, bari mu masomo y’ikarishyabwenge ku Ihame ry’Uburinganire n’Ubwuzuzanye, hareberwa hamwe uburyo ryakwinjizwa muri gahunda yabo...
Kubungabunga umuco n’ibimenyetso ndangamateka y’u Rwanda bizagerwaho abo bireba bose babigizemo uruhare, kandi hakaba ubufatanye bw’inzego zose no guhuza amaboko kw’imiryango itegamiye kuri Leta...
Abanyeshuri, abarimu n’ababyeyi basura urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi, bavuga ko bahakura amasomo akomeye atuma bafata umugambi ko Jenoside itazongera ukundi. Abanyeshuri n’abarezi bo...
Up-coming cycling youth riders Manifique Manizabayo, Eric Jean Habimana and former cyclist Nathan Byukusenge on Monday left Kigali International Airport Kanombe for almost two-month...
Muri iki gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 09 Ukwakira 2017, Nathan Byukusenge n’abakinnyi babiri Magnifique Manizabayo na Jean Eric Habimana bekereje muri...
Inzego za Leta kimwe n’abaturage bose bakeneye itangazamakuru. Uyu muyoboro ni ikiraro gihuza izo nzego zombi kandi ziragikeneye uko byagenda kose. Iyo urebye gahunda...
Uturere twa Rwamagana na Musanze twanditse amateka mu mihigo y’umwaka 2016/2017 tuza dukurikiranye kuko Rwamagana yabaye iya mbere na ho Musanze iza ku mwanya...
Inama y’abaminisitiri yateranye ku wa 4 Ukwakira 2017, mu byemezo byayo yanzuye ko uburyo bukoreshwa mu isuzuma ry’imihigo burushaho kunozwa. Itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri...
UNHCR, WFP and Equity Bank sign agreement to provide more dignified living conditions for refugees in Rwanda through cash-based assistance programme. Kigali, Rwanda –...
NRM’s numerical strength has been and will always be critical in shaping the destiny of Uganda as long as the country still embraces the...