Amakuru
Nyuma ya Sankara, Mandela, Lumumba n’ibindi bihangange mu buyobozi bw’ibihugu muri Afurika, ubu noneho urubyiruko rwo muri Afurika rwibaza ushobora kuyobora uyu mugabane akawubera...
Hi, what are you looking for?
Nyuma ya Sankara, Mandela, Lumumba n’ibindi bihangange mu buyobozi bw’ibihugu muri Afurika, ubu noneho urubyiruko rwo muri Afurika rwibaza ushobora kuyobora uyu mugabane akawubera...
Rwanda Football Federation (FERWAFA) president Nzamwita Vincent has sent condolences to Rayon Sports Fc following the sudden demise of goalkeeper Mutuyimana Evariste. Mutuyimana passed...
Komite Olimpike y’u Rwanda yatanze ubutumwa bw’akababaro ku rupfu rwa Mutuyimana Evariste wari umunyezamu wa Rayon Sports watabarutse muri iki gitondo cyo ku wa...
Muri iki gitondo ni bwo hamenyekanye inkuru y’akababaro ko umunyezamu wa Rayon Sports Evariste Mutiyimana yitabye Imana muri iki gitondo cyo ku wa 12...
Perezida Kagame yijeje abacamanza ko nibagabanya gufata inkunga idakwiye azajya yongera ikwiye. Perezida wa Repubulika Paul Kagame yihanangirije abacamanza kurangwa n’ubunyangamugayo no kwirinda ruswa...
Ku wa 8 Nzeri 2017, Perezida Kagame yagaragaye mu Karere ka Rubavu mu mazi y’ikiyaga cya Kivu atwaye ‘Jet Ski’ nyuma yaho ku wa...
Baryan Manvir na Sturrock Drew bari batwaye Skoda Bavia ari nayo modoka idasanzwe iri muri irushanwa, begukanye uduce tune twose twabaye mu gitondo cy’uyu...
Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Urwego Ngenzuramikorere (RURA), rigaragaza ko ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli byazamutse guhera ku wa 5 Nzeri 2017, Lisansi ikaba yageze ku mafaranga...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki ya 4 Nzeri 2017, Polisi yitabaje urwego rwo kurira igipangu kugira ngo bagere mu rugo rwa...
Uyu munsi ku wa 2 Nzeri 2017, Perezia wa Repubulika Paul Kagame yahinduye ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe amazi, isuku n’isukura (WASAC) uwari umuyobozi mushya Aime...
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda (FERWACY), ku wa gatatau tariki ya 30 Kanama 2017, ryakiriye impano y’amagare ya siporo n’ibindi bikoresho...
Ubwo Perezida Paul Kagame yarahizaga abagize guverinoma nshya, yabakanze ahakomeye ubwo yatungaga Minisiteri zimwe urutoki avuga ko abaziyobora badakorana bikaba intandaro y’umusaruro muke. Ubusanzwe...
Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku...
Minisitiri w’Intebe mushya Dr Ngirente Edouard yavukiye i Mbirima na Matovu, mu murenge wa Coko mu karere ka Gakenke mu Ntara y’Amajyaruguru, ku wa...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 30 Kanama 2017, Minisitiri w’Intebe mushya Dr. Ngirente Edouard yarahiriye inshingano nshya yahawe na Perezida...