Akarere
Abahanga mu by’ibirunga baraburira ko ikiyaga cy’umuriro w’amazuku kiri kuzura ku kigero giteye ubwoba ku kirunga cya Nyiragongo, kiri hafi y’umujyi wa Goma muri...
Hi, what are you looking for?
Abahanga mu by’ibirunga baraburira ko ikiyaga cy’umuriro w’amazuku kiri kuzura ku kigero giteye ubwoba ku kirunga cya Nyiragongo, kiri hafi y’umujyi wa Goma muri...
Kumenya imyanzuro ku iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu u Rwanda rwashyizeho umukono, bifasha abanyamakuru kunoza inkuru zabo iyo basanze amategeko y’u Rwanda ntacyo abivugaho. Ni...
Ku kabiri tariki ya 12 Ukwakira 2020, Polisi ikorera mu karere ka Gatsibo mu Murenge wa Rugarama yafashe umuturage wakoze uruganda mu rugo iwe...
Impuguke mu buhinzi zemeza ko hakenewe kongerwa imbaraga mu gutunganya neza ibishanga byinshi, gahunda yo kuhira imusozi igashyirwamo imbaraga nyinshi ndetse no guteza imbere...
Bitarenze ukwezi k’Ukwakira 2020, abanyarwanda aho batuye mu midugudu bagiye gutangira gutanga amakuru ku byiciro bishya by’ubudehe byavuye kuri bine bigashyirwa ku bitanu, kandi...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko igihingwa cyitwa Cannabis, kizwi mu Kinyarwanda nk’urumogi, kigiye gutangira kujya gihingwa mu Rwanda, hanyuma cyoherezwe mu mahanga mu nganda zikora...
Ibikorwa byo kwikoma u Rwanda birakomeje ku butegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye, ku buryo umuvugizi wa Minisiteri y’Umutekano muri icyo gihugu, yasabye abaturage bose...
Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 12 Ukwakira 2020, yayobowe na Perezida Paul Kagame, umwe mu myanzuro yafashe ni uko imodoka zitwara abantu mu buryo...
Ku wa Gatandatu tariki ya 10 Ukwakira 2020, ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ryafashe abantu 3 bakwirakwizaga urumogi mu baturage barimo abagore...
Baca umugani ngo “iyo nyirumuringa aje utega ukuboko” ariko kandi muri siporo, by’umwihariko mu mupira w’amaguru abakinnyi ndetse n’abafana barangwa n’ubworoherane. Ku cyumweru tariki...
Ku cyumweru tariki ya 11 Ukwakira 2020, Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru yakoze igikorwa cyo kugenzura ko amadini n’amatorero bikorera muri iyi Ntara byubahiriza...
Abivuriza uburwayi bwo mu mutwe ku bitaro bya Butaro bibarizwa mu karere ka Burera bishimira intambwe imaze guterwa mu buvuzi bahabwa cyane, nko kuba...
Mu gitondo cyo ku wa Kane tariki ya 08 Ukwakira 2020, Umukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza, yaganirije abapolisi 176 bitegura kujya...
Ubutumwa bwatambutse ku rukuta rwa Twitter rw’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB), buvuga ko uru rwego rwataye muri yombi uwitwa Bakundinka Jean Nepomuscene ukekwaho kwica Ntawuhigimana...
Itangazo ry’Urwego rw’Igihugu rw’imiyoborere (RGB) ryo ku wa 8 Ukwakira 2020, rigaragaza ko hashyizweho ubuyobozi bushya bw’inzibacyuho bugiye kuyobora ADEPR mu gihe cy’amezi 12,...