Amakuru
Mu gitondo cyo ku wa bere tariki ya 23 Ugushyingo 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Jomba, yafashe...
Hi, what are you looking for?
Mu gitondo cyo ku wa bere tariki ya 23 Ugushyingo 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Jomba, yafashe...
Ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki ya 23 Ugushyingo 2020, Polisi y’u Rwanda yasubije umuturage wari wataye amafaranga agatoragurwa n’umupolisi wari mu kazi....
Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika Havugiyaremye Aimable yatangaje ko hatangiye imyiteguro yo kuba hashyirwa ahagaragara amazina y’abahamwe n’icyaha cyo gusambanya abana. My kiganiro n’Itangazamakuru, ku...
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga Dr Ntezilyayo Faustin yasobanuye ko ubuhuza bwitezweho gukemura ibibazo abantu bafitanye ku buryo burambye kandi busesuye. Yabitangaje mu kiganiro n’abanyamakuru, ku...
Umukobwa wambaye impuzankano y’ishuri, muri iyi minsi bajya ku ishuri, yashyizemo umwenda we aheka igikapu kirimo udupfukinya 1000 tw’urumogi, ndetse anashyiramo ibitabo n’imyenda nk’ugiye...
Abaturage bo mu karere ka Bugesera umurenge wa Ruhuha ho mu ntara y’Iburasirazuba bongeye kwibutswa ububi bw’icyorezo cya Corona virus banabwirwa ko badohotse ku...
Nyuma y’imyaka 26, amezi 7 n’iminsi 7 (11/04/1994_18/11/2020), abantu bari baratawe mu mwobo wa Kiziguro, nyuma yo kwicwa urw’agashinyaguro muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu...
Leta y’u Rwanda yatangije ubuvuzi bugezweho bwo kubaga no kuvura indwara z’umutima hakoreshejwe ikoranabuhanga. Ni ubuvuzi butangiranye n’Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal ndetse n’ibitaro bya...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’abagororwa, RCS, mu gihe rwitegura kwizihiza imyaka 10 rumaze rushinzwe ruratangaza ko bimwe mu byagezweho harimo kubaka amashuri y’Imyuga (TVET)...
Ibihe bya COVID-19, byatumye bamwe mu bakoresha bagaragaza ubumwe bafitanye n’abakozi babo ndetse n’agaciro babaha mu kazi. Abakoresha bamwe baboneyeho umwanya wo guhagarika abakozi...
Igicuri ni indwara ikunze kuzahaza abantu benshi ndetse bamwe bagakuramo ubumuga. Hari abandi bahura n’impanuka, igihe bafashwe hatari ushobora kubatabara. Uwafashwe n’igicuri abantu benshi...
Umutoza w’ikipe ya APR FC Adil Mohamed yatangaje ko umukinnyi Ishimwe Kevin uheruka guhagarikwa by’agateganyo, ubu yirukanwe burundu kubera ikinyabupfura gike. Tariki 29/10/2020 ni...
Mu rwego rwo kunoza ubukangurambaga bugamije kurwanya indwara zitandura, cyane cyane diyabete, kanseri ndetse n’indwara z’umutima, no gushishikariza abantu kuzipimisha hakiri kare mu gihugu...
Impuzamiryango iharanira uburenganzira bwa muntu (CLADHO) ivuga ko ikibazo cy’imibare mike y’ibirego bijya mu nkinko birebana no gusambanya abana kitazigera gikemuka mu gihe inzego...
Umubaruramari Mukuru muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi Mukeshimana Marcel yashimiye Uturere two mu ntara y’Iburasirazuba uburyo twitwaye mu mikoreshereze myiza y’umutungo wa Leta. Yabitangaje mu...