Amakuru
Abaturage bo mu kagari ka Buringo, Umurenge wa Bugeshi, Akarere ka Rubavu, bavuga ko bakora ibirometero biri hagati ya bitanu na birindwi bajya gushaka...
Hi, what are you looking for?
Abaturage bo mu kagari ka Buringo, Umurenge wa Bugeshi, Akarere ka Rubavu, bavuga ko bakora ibirometero biri hagati ya bitanu na birindwi bajya gushaka...
Ku wa Kane tariki ya 22 Ukwakira 2020, hirya no hino mu gihugu, hatangijwe igikorwa cy’igerageza ryo gufasha abaturage kwishyira mu byiciro bishya by’Ubudehe...
Iyo uri mu Mujyi wa Kigali uva cyangwa ujya i Nyabugogo, biragoye ko wagera aho ujya utumvise bavuga kwa Rasta. Ni ahantu hamamaye kubera...
LIKE NYERERE! “Prayer is not a spare wheel you pull out when in trouble but a steering wheel that directs the right path throughout life”,...
Afurika muri rusange na Burkina Faso by’umwihariko, ku wa kane tariki ya 15 Ukwakira 2020 bibutse Thomas Sankara, ariko nyuma y’imyaka 33 ikibazo nyamukuru...
Abaturage bo mu karere ka Nyaruguru bari bafite ibisambu bavuga ko byari byarabarumbiye barishimira ko basigaye bafashwa kubihingamo icyayi ndetse bamwe bakaba baratangiye gukora...
Itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe ryo ku wa 16 Ukwakira 2020, rivuga ko Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yashyizeho abasenateri bane binjiye...
Mu karere ka Bugesera hari umwihariko ko igare atari igikoresho cy’abagabo gusa. Byatumye umwaka ushize hari abahashinze ikigo gitoza abakobwa bonyine umukino wo gusiganwa...
Abahanga mu by’ibirunga baraburira ko ikiyaga cy’umuriro w’amazuku kiri kuzura ku kigero giteye ubwoba ku kirunga cya Nyiragongo, kiri hafi y’umujyi wa Goma muri...
Kumenya imyanzuro ku iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu u Rwanda rwashyizeho umukono, bifasha abanyamakuru kunoza inkuru zabo iyo basanze amategeko y’u Rwanda ntacyo abivugaho. Ni...
Ku kabiri tariki ya 12 Ukwakira 2020, Polisi ikorera mu karere ka Gatsibo mu Murenge wa Rugarama yafashe umuturage wakoze uruganda mu rugo iwe...
Impuguke mu buhinzi zemeza ko hakenewe kongerwa imbaraga mu gutunganya neza ibishanga byinshi, gahunda yo kuhira imusozi igashyirwamo imbaraga nyinshi ndetse no guteza imbere...
Bitarenze ukwezi k’Ukwakira 2020, abanyarwanda aho batuye mu midugudu bagiye gutangira gutanga amakuru ku byiciro bishya by’ubudehe byavuye kuri bine bigashyirwa ku bitanu, kandi...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko igihingwa cyitwa Cannabis, kizwi mu Kinyarwanda nk’urumogi, kigiye gutangira kujya gihingwa mu Rwanda, hanyuma cyoherezwe mu mahanga mu nganda zikora...
Ibikorwa byo kwikoma u Rwanda birakomeje ku butegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye, ku buryo umuvugizi wa Minisiteri y’Umutekano muri icyo gihugu, yasabye abaturage bose...