Amakuru
Mu gihe ku rwego rw’umudugudu hagenda hongerwa gahunda zitandukanye kandi zisaba umuturage kuzigiramo uruhare,bamwe mu baturage bagaragaza ko ubwazo atari mbi ahubwo ko zimwe...
Hi, what are you looking for?
Mu gihe ku rwego rw’umudugudu hagenda hongerwa gahunda zitandukanye kandi zisaba umuturage kuzigiramo uruhare,bamwe mu baturage bagaragaza ko ubwazo atari mbi ahubwo ko zimwe...
Madame wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame yasabye Abanyarwanda kwimakaza umuco w’ubupfura mu rwego ku kubaka umuryango uhamye. Ibi yabitangarije mu biganiro byahuje abayobozi...
Komite nyobozi ya FERWACY isoje umwiherero w’iminsi itatu waberaga i Musanze wari ugamije gusobanukirwa n’ imiterere n’imikorere y’iri shyirahamwe, kureba ibyagezweho mu mwaka wa...
Abaturage bo mu kagari ka Rugando, Umurenge wa Kimihurura, Akarere ka Gasabo, bishatsenmo ubushobozi batangiye kwiyubakira imihanda ya kaburimbo izatwara amafaranga y’u Rwanda asaga...
Twifashishije imbuga zitandukanye, twashoboye kubakusanyiriza bimwe mu bikubiye mu mabanga y’urukundo umuntu akorera mugenzi we ariko akenshi atazi ibisobanuro byabyo. Hari byinshi namwe muzi,...
Urwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS) rwatangaje ko mu 2019 rwinjije amafaranga y’u Rwanda angana na 373.044.070, avuye mu bikorwa birimo ubuhinzi, ubworozi, ubukorikori...
Ukudasobanukirwa uburenganzira ku buzima bw’imyororokere ko bikizamura ihohoterwa rishingiye ku gitsina byavugiwe mu kiganiro Umuryango utegamiye kuri Leta ushinzwe ibikorwa byo kurengera uburenganzira bw’umugore...
Minisitiri w’Intebe yasezereye bitunguranye Madamu Mukantabana Seraphine wari Perezida wa Komisiyo y’Igihugu yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare (RDRC: Rwanda Demobilization...
President of the Republic of Rwanda, Paul Kagame, who is also the Commander in Chief of the Rwanda Defence Force has commended security forces...
Ku wa Gatandatu, tariki ya 21 Ukuboza 2019, ku cyicaro gikuru cy’Umuryango FPR-INKOTANYI kiri i Rusororo mu Karere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, hateraniye...
Kuva ku itariki ya 19 kugera ku ya 20 Ukuboza 2019, i Kigali muri Convention Centre, hateraniye Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 17, yayobowe na...
Gahunda ya Youth Mentoring Program y’ Ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro rya IPRC Ngoma igenewe urubyiruko rw’abanyeshuri bari mu biruhuko, yafashije abayitabiriye gutegura ejo heza...
Ni ku wa 20 Ukuboza 2019, nimugoroba. Igifungo cy’imyaka 25, ni cyo gihano cyemejwe n’Urukiko rwa Rubanda rw’i Buruseli, mu Bubiligi, ku munyarwanda Fabiani...
Nyuma y’aho urukiko rwa rubanda (Cour d’assises) i Buruseli mu Bubiligi ruhamirije Neretse Fabien ibyaha bya Jenoside n’ibyaha by’intambara; ubushinjacyaha bwari bwamusabiye gufungwa imyaka...
Abahagarariye urubyiruko rwo mu itorero rya ADEPR baturutse muri Komite z’urubyiruko mu turere, indembo n’Umujyi wa Kigali, ku wa 17 Ukuboza 2019 basuye Ingoro...