Iterambere
Jean Marie Vianney Habiyaremye was awarded 500,000 Frw (approximately $500) at YouthConnekt in 2017, boosting his capital to nearly 10 times, and sent him...
Hi, what are you looking for?
Jean Marie Vianney Habiyaremye was awarded 500,000 Frw (approximately $500) at YouthConnekt in 2017, boosting his capital to nearly 10 times, and sent him...
Abaturage bagize ingo zisaga 2500 mu Karere ka Burera barishyuza ingurane z’ibyangijwe ubwo bakwirakwizaga imiyoboro y’amashanyarazi, ubu bamaba bamaze imyaka 5 basiragira mu buyobozi...
Abamotari bakorera mu Mujyi wa Kigali babumbiwe mu makoperative atanu harimo abiri mu karere ka Gasabo n’aka Nyarugenge, na ho aka Kicukiro gahabwa koperative...
Abasesengura mu bukungu bavuga ko kuba u Rwanda rugeze ku gipimo cya 87% mu kwihaza ku ngengo y’imari ari ikimenyetso cyo. ibi bitanga icyizere...
Abadepite mu nteko Ishinga amategeko basabye leta kurushaho korohereza abifuza gushora imari mu kubaka inzu ziciriritse kandi hakifashisjhwa n’ibikoresho bihendutse byujuje ubuziranenge, kugira ngo...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Bugesera mbere y’uko umwaka utaha wa 2024 urangira kizaba kigeze ku ntambwe ishimishije....
Abaturage bo mu karere ka Kayonza mu murenge wa Murundi, Akagari ka Buhabwa, ahahoze ari mu cyanya cya Parikiy’Akagera bishimira ko umushinga wa KIIWP...
By Jeanne d’Arc Munezero Residents of Kayonza District in Murundi sector, Buhabwa cell, located in the former area of Akagera Park, are proud that...
Politiki ya Leta y’u Rwanda ikomeza gushimangira mu gucuruza serivise ziganjemo iz’ubukerarugendo, ishusho ngari yo kwakira abashyitsi ishingiye ku iterambere ry’imikorere y’amahoteli agezweho kandi...
Abagarariye inganda mu rugaga rw’abikorera bavuga ko batewe ishema no kuba haragiyeho ikigega kizatera inkunga ishoramari mu nganda kuko bizongera ukwaguka kwazo bityo banabone umusaruro...
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyagatare bagaragaza ko ikiguzi cyo kubaka mu mujyi kitoroshye, kuko babuzwa kubakisha amatafari ya rukaraka biri mu...
Mu gushaka umuti wo kurwanya ubucuruzi bw’akajagari, Guverinoma y’u Rwanda ikangurira abaturage kwibumbira mu makoperative, kugira ngo byorohe kubona inguzanyo n’inkunga zibafasha kwagura ibikorwa...
Dar Es-Salaam 1st March 2023 –The East and Central African region enjoys a resource-rich base, which ranges from Agriculture, Livestock, Manufacturing, Economic Infrastructure, Mining, Tourism, Health...
Mukamurangwa Marthe ni umubyeyi utuye mu mudugudu wa Sumba, Akagari ka Ngiryi, Umurenge wa Gasaka mu karere ka Nyamagabe. Yatangiye yizigamira amafaranga ijana y’u...
Bamwe mu bahinzi n’aborozi bo mu Karere ka Kayonza, bavuga ko bakomeje kurenganywa na zimwe muri Sosiyete zishingira amatungo n’imyaka; aho babasaba Leta kubarenganura. ...