Kugira ngo harangizwe urubanza RC00036/2018/tb/KICU na RCA 00098/19/TGI/NYGE; Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa mbere tariki ya 08/06/2020 saa tanu z’amanywa (11:00); azateza cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bufite ubuso bungana na Sqm 475 burimo inzu bubaruye kuri UPI: 1/01/04/03/1871 (yanditse kuri ITANGISHAKA Jean Claude, NIYONTEZE Jean de Dieu na NYIRAMANYWA Bernadette) wa Uwitonze Marie Chantal na Harorimana Innocent, uherereye mu mudugudu wa Muganza, Akagari ka Kimisagara, Umurenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali. Kugira ngo amafaranga avuyemo agabanwe na Uwitonze Marie Chantal na Harorimana Innocent ku buryo bungana.
Cyamunara izabera aho uwo mutungo uherereye. Uwakenera ibindi bisobanuro yabariza kuri telefoni: 0788461028
Bikorewe i Kigali ku wa 01/06/2020
Umuhesra w’inkiko w’umwuga
Me Ingabire Uwayo Lambert
Sé












































































































































































