Amakuru
Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije (REMA) bwasabye ko kubungabunga akayunguruzo k’imirasire y’izuba byagirwamo uruhare na buri wese mu rwego rwo gushyigikira iterambere rirambye...
Hi, what are you looking for?
Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije (REMA) bwasabye ko kubungabunga akayunguruzo k’imirasire y’izuba byagirwamo uruhare na buri wese mu rwego rwo gushyigikira iterambere rirambye...
Iyo unyuze hirya no hino mu mavuriro usanga abaganga b’inzobere atari benshi. Iyo bigeze ku bakurikirana abagore usanga umubare wabo ari muto cyane, ariko...
Mu rwego rwo kuzamura imibereho myiza y’abaturage Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gakenke ifatanyije n’akarere ka Gakenke n’abafatanyanyabikorwa bako, ku wa 11...
Ku wa 11 Nzeri 2018, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Musanze ku bufatanye n’ubuyobozi bw’Intara y’Amajyaruguru basuye inteko z’abaturage bo mu mirenge...
Urubyiruko ni imbaraga z’igihugu. Ni muri urwo rwego rusabwa ko nta byaha bikwiye gukorwa barebera kandi bagafatanya n’abandi kwishakamo ibisubizo aho guhora bateze ko...
Abatwara abagenzi ku mapikipiki, abamotari, bakunze kubita akazi ka “Munyurahato” kuko usanga banyura no mu kayira k’abanyamaguru. Bamwe ntibatinya kunyura ku byapa by’umuriro byabahagaritse,...
Ku bufatanye n’abaturage bo mu karere ka Nyanza, Polisi y’u Rwanda yashoboye gutahura inzoga zitemewe mu Rwanda, hamenwa litiro zigera hafi kuri Magana ane...
Urubyiruko rwo mu karere ka Nyagatare rwiganjemo abakorerabushake n’abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye, basabwe gutangira amakuru ku gihe ku bantu bakoresha ibiyobyabwenge ndetse n’abagira...
Ikipe y’umupira w’amaguru (Mini-football) yo mu karere ka Gatsibo, Gatsibo Football Academy, yegukanye igikombe na sheki ya miliyoni ebyiri z’amafaranga y’u Rwanda, mu irushanwa...
Kuba imyinshi mu miryango nyarwanda itari iya Leta iharanira Uburenganira bwa muntu idatanga raporo muri Komisiyo Nyafurika iharanira uburenganira bwa muntu (CADHP), bituma hari...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CGP Emmanuel K Gasana ku wa 8 Nzeri 2018, yasuye abapolisi b’u Rwanda bakora ibikorwa byo kubungabunga amahoro...
Bawe mu baturage bo mu karere ka Musanze, barasaba abadepite kuzirikana amagambo bababwiraga ubwo babasabaga amajwi mu gihe cyo kwiyamamaza, bakagaruka kuganira na bo...
Abitabiriye amatora y’abahagarariye abagore mu nteko Ishinga amategeko, baributsa abo batumye kubahagararira mu nteko ishinga amategeko, kutajya kuba i Kigali gusa ahubwo bazajya bagaruka...
Ku wa Kabiri taliki ya 04 Nzeri 2018, Polisi y’ u Rwanda ifatanyije n’abaturage n’inzego z’umutekano zikorera mu Karere ka Ngoma, Umurenge wa Kibungo,...
Polisi y’u Rwanda ivuga ko amatora uhereye ku byiciro byagiye biba bitandukanye kugeza ashojwe nta cyahungabanyije umutekano. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of...