Football
Rayon Sports head coach Roberto Oliveira has said that his main focus and concentration is on the CAF Confederation game against Yanga Africans of...
Hi, what are you looking for?
Rayon Sports head coach Roberto Oliveira has said that his main focus and concentration is on the CAF Confederation game against Yanga Africans of...
Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu –PL, ubwo ryamamazaga abakandida baryo mu turere twa Gicumbi na Gasabo, ryijeje abaturage kurwanya imirire mibi binyuze...
Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage –PSD, ubwo ryari mu bukorwa byo kwiyamamaza mu matora y’abadepite ateganyijwe muri Nzeri uyu mwaka, ryijeje abaturage batuye...
Abapolisikazi bibukijwe ko bashoboye kimwe na basaza babo, bityo bakwiye kwirengagiza amateka yakunze kuranga umuryango nyarwanda wahezaga inyuma igitsina gore mu mirimo imwe n’imwe bitwaje...
Kuri Sitasiyo ya Polisi ya Gashari mu murenge wa Gashari mu karere ka Karongi, hafungiye abamotari babiri aribo, bakekwaho guha umupolisi ruswa y’amafaranga ibihumbi...
Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana kwa buri muntu _PL, ubwo ryiyamamarizaga mu karere ka Nyagatare, Umurenge wa Karangazi, Akagari ka Mbare, ku wa 23 Kanama...
Bamwe mu baturage batuye mu turere twa Rulindo na Gicumbi basaba ko abanyapolitiki biyamamariza kujya mu nteko ishinga amategeko bakwiye kubaha igisubizo kirambye mu...
Abaturage batuye mu kagari ka Nyankurazo, Umurenge wa Kigarama, mu karere ka Kirehe, bijeje Polisi y’u Rwanda kuba abafatanyabikorwa bahoraho mu kurwanya abakwirakwiza ibiyobyabwenge...
Ubwo Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa muntu -PL, ryakomezaga igikorwa cyo kwamamaza abakandida baryo bahatanira kuba abadepite, iri shyaka ryemereye abatuye Akarere ka Burera...
Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage, PSD, rivuga ko abaturage nibarigirira icyizere rikabona imyanya mu Nteko Ishinga Amategeko, rizaharanira ko hazashyirwaho banki iteza imbere...
Muri iki gihe hirya no hino mu gihugu hakomeje ibikorwa byo kwiyamamariza kujya mu nteko ishinga Amategeko, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora itangaza ko nta muyobozi...
Komisiyo y’Igihugu y’amatora –NEC, itangaza ko mu rwego rwo gufasha abari kwa muganga mu bihe by’amatora, hateganyijwe ibiro by’itora bishya bizashyirwa ku bitaro hirya...
Umuryango w’abanyamadini atandukanye akorera mu Rwanda wishyize hamwe ugamije kurwanya ihohoterwa rikorerwa mu muryango (Rich) ufatanyije na Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka...
Ku makuru yatanzwe n’abaturage batuye mu murenge wa Rugarama, mu kagari ka Gafumba, Polisi ikorera mu karere ka Burera yafatiye mu rugo rwa Munyazirinda...
Mu bikorwa byo gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge mu gihugu, Polisi yo mu Mujyi wa Kigali ku makuru yatanzwe n’abaturage, yafatanye umusore witwa Dushimimana Gratien...