Amakuru
Mu Murenge wa Shyogwe, umwe mu Mirenge 14 igize Akarere ka Muhanga, hari abaturage basaba ubuyobozi kubaha amazi meza kuko hari n’aca mu matiyo...
Hi, what are you looking for?
Mu Murenge wa Shyogwe, umwe mu Mirenge 14 igize Akarere ka Muhanga, hari abaturage basaba ubuyobozi kubaha amazi meza kuko hari n’aca mu matiyo...
Colonel Charles Sumanyi yarahiriye kuzuzuza inshingano ze nk’Umushinjacyaha mukuru wa gisirikare, indahiro yakiriwe na Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva. Nsengiyumva yasabye Sumanyi kuzakoresha neza...
Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Gashyantare 2026, yakiriye bamwe mu bayobozi b’abafatanyabikorwa bitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’uburezi...
Minisiteri y’Ubuzima, ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), yamuritse imashini nshya zirindwi zipima amaraso (blood culture machines) zizakoreshwa muri za laboratwari zo mu bitaro...
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byasohoye imyanzuro 12 yafashwe nyuma y’ibiganiro byahuje abitabiriye Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 20. Nk’uko bitaganywa n’Itegeko Nshinga, iyo...
Igihugu cya Zambia cyafashe abarenga 80 bakomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bakekwaho kuba k’ubutaka bwayo badafite ibyangombwa byemewe n’amategeko. Ibi byabaye mu...
Perezida Paul Kagame yaraye yitabiriye umukino wahuje Amakipe abiri y’abakinnyi beza muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (the 2026 NBA...
Muri iki cyumweru, Komite ishinzwe Politiki y’Ifaranga (MPC) iraterana kugira ngo isuzume imiterere y’ubukungu bw’imbere mu gihugu n’ubw’isi muri rusange. Izanafata umwanzuro ku gipimo...
Rene Anthere Rwanyange Ubucuruzi hagati y’u Bushinwa na Afurika umwaka ushize bwageze ku mari yo hejuru butigeze bugeraho mbere, gusa buracyohereza muri Afurika hafi...
Pariki y’Igihigu y’Akagera yatangaje ko mu mwaka wa 2025 yinjirije u Rwanda, asaga miliyari 7,2 z’amafaranga y’u Rwanda (Miliyoni $5,06 ) avuye mu bikorwa...
Panorama Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, na mugenzi we wa Angola, João Lourenço, barasaba ko hatangizwa byihutirwa uburyo bwo kugenzura...
Amatsinda akomeye y’abanyabyaha bakoresha ikoranabuhanga ku rwego mpuzamahanga ari kurushaho kwibanda ku bujura bushingiye ku rukundo ibyo mu Cyongereza bita Romance Scamms aho bashuka...
Perezida Évariste Ndayishimiye usanzwe uyobora Uburundi yaraye afashe ubuyobozi bw’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe, akazuzuza izo nshingano mu mwaka umwe. Uburundi busimbuye Angola, bukazakurikirwa...