Ahandi
Perezida Donald Trump yatangaje ko adakeneye ubwato bw’intambara butwara indege (aircraft carriers) bw’Ubwongereza nyuma y’uko iki gihugu cyanze gutiza Amerika ahantu yazahagurukiriza ubwato bwayo...
Hi, what are you looking for?
Perezida Donald Trump yatangaje ko adakeneye ubwato bw’intambara butwara indege (aircraft carriers) bw’Ubwongereza nyuma y’uko iki gihugu cyanze gutiza Amerika ahantu yazahagurukiriza ubwato bwayo...
Mu butumwa Madamu Jeannette Kagame yageneye abagore ku munsi mpuzamahanga wo kuzirikana uruhare rwabo runini mu buzima bwa muntu, yabibukije kujya bivuganira bakavuganira na...
Ikigo gitsura Ubuziranenge mu Rwanda (RSB) cyasinyanye amasezerano n’icya Repubulika ya Congo (ACONOQ) n’icya Zimbabwe (SAZ) yo guteza imbere no korohereza ihanahana ry’ibicuruzwa na...
Perezida w’u Rwanda yavuze ko hari abantu n’ibihugu bashyiraho ibipimo byo gupima agaciro k’ibindi bihugu, agasanga ibyo bitari bikwiye. Ashimangira ko u Rwanda rudakwiye...
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin yageze mu mujyi wa Arusha mu gihugu cya Tanzania, ahagarariye Perezida Paul Kagame mu Nama ya 25 isanzwe y’Abakuru...
Mu mezi menshi ashize, ingabo za Sudani ziri kugerageza gusubiza inyuma umutwe w’ingabo zirwanya Leta witwa Forces de soutien rapide (FSR) cyangwa Rapid Support...
Mu mwaka wa 2025, ubukorikori bwinjirije impunzi zicumbikiwe mu Rwanda amafaranga y’u Rwanda agera hafi kuri Miliyoni Frw 50. Yabonetse binyuze mu kuboha imitako...
Abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika biyemeje kutazitambika ibyemezo bya Trump ku bijyanye n’intambara ya Iran. Byemejwe nyuma y’uko Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite...
Abageze mu zabukuru mu Karere ka Ruhango babwiye Meya ko ibyiciro by’amafaranga ya Mituweli babarizwamo bikwiye kugendera ku bushobozi bwabo. Bavuga ko badashobora gukora...
Jackson Kwizera Mu misozi miremire y’amahumbezi ya Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, hatangijwe uburyo bushya bwo gukurikirana ibinyabuzima hifashishijwe ibipimo by’uturemangingo ndangasano bisigara mu bidukikije, buzwi...
Jackson Kwizera Indwara z’umutima zishobora kuba umutwaro ukomeye ku buzima. Abantu benshi batekereza ko izo ndwara ziza zitunguranye nta kimenyetso na kimwe umubiri wabanje...
Jeanne d’Arc Munezero Umuryango Nyafurisha Utsura Ubuziranenge (ARSO) utangaza ko ukomeje gushaka uburyo bwo gushyiraho ibwiriza rimwe ry’ubuziranenge rihuriweho ku rwego rw’Umugabane wa Afurika,...
Panorama Sports Ikipe ya Arsenal ikomeje gushimangira umwanya wa mbere muri Premier League nyuma yo gutsinda Brighton & Hove Albion igitego 1-0 mu mukino...
Panorama Sports Mu gihe hari amakuru yari amaze iminsi acaracara ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru atangaza ko umukinnyi w’umupira w’amaguru w’umunya-Iran, Mehdi Taremi...
Jeanne d’Arc Munezero Abayobozi bo mu ntara y’Iburasirazuba, bibukijwe kwita ku nshingano zabo, harimo no guhuza imbaraga n’abaturage, ariko by’umwihariko, ikibazo cy’igwingira n’imirire mibi...