Amakuru
Nyuma y’umwaka n’igice urenga hafashwe ingamba zitandukanye zo gufunga bimwe mu bikorwa bihuza abantu, hagamijwe gukumira ikwirakwira ry’ubwandu bwa Covid_19, utubari twakomorewe kongera kwakira...
Hi, what are you looking for?
Nyuma y’umwaka n’igice urenga hafashwe ingamba zitandukanye zo gufunga bimwe mu bikorwa bihuza abantu, hagamijwe gukumira ikwirakwira ry’ubwandu bwa Covid_19, utubari twakomorewe kongera kwakira...
Uwayoboye igenzura ry’umutungo wa ADEPR mu rubanza No RP/ECON 00013/2017/TGI/GSBO ruregwamo abahoze ari abayobozi muri iryo torero bayobowe na Rev. Sibomana Jean na Past....
Les inondations et autres catastrophes naturelles ont forcé environs 100.000 personnes à fuir leur maison ces dernières années au Burundi , affirme l’ONG Save the...
Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko abantu bakomeje kugaragaza ihungabana rikabije, bitewe n’ ibibazo by’ingaruka z’icyorezo cya Covid_19 gikomeje gukoma mu nkokora abatari bacye mu Gihugu....
A new coalition initiative that gathers together five Non-Governmental Organizations Red Rocks Initiative for Sustainable Organization in Rwanda, VeryNile in Egypt, Uganda Junior Rangers...
Ubushinjacyaha Bukuru bugaragaza ko bwakiriye amadosiye 67. 512, raporo y’umwaka wa 2020/2021 igaragaza ko ibyaha byo gukubita no gukomeretsa ku bushake ndetse n’ubujura byaje...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwasuye abaturage bo mu Murenge wa Mamba mu Karere ka Gisagara, bavuga ko bugarijwe n’ikibazo cy’amakimbirane yiganje muri aka gace....
Mu ruzinduko rw’akazi Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihigu Gatabazi Jean Marie Vianney aherutse kugirira mu karere ka Nyanza yasabye abaturage n’abayobozi gushyira imbaraga mu byo bakora...
Bamwe mu bakobwa bavuga ko nubwo basambanyijwe bagatwita imburagihe, bahangayikishwa na bamwe mu bayobozi bo mu nzego z’ibanze bakomeje gukingira ikibaba ababatera inda. Bamwe...
Inama y’abaminisitiri yo ku wa 1 Nzeri 2021 mu myanzuro yayo yemeje ko amatora y’inzego z’ibanze azaba muri Nzeri n’Ukwakira 2021. Ni mu gihe...
Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Nyabihu mu Ntara y’Iburengerazuba bahitamo kwiyunga n’ababatereye abana inda bagamije kubaka indezo no kwita ku bo bateye...