Abantu
Afurika ni umwe mu migabane igize Isi. Afurika ni umugabane mwiza, ukize kuri byose. Uyu mugabane wa Afurika ufite Abahanga benshi bashoboye kwandika ibitabo....
Hi, what are you looking for?
Afurika ni umwe mu migabane igize Isi. Afurika ni umugabane mwiza, ukize kuri byose. Uyu mugabane wa Afurika ufite Abahanga benshi bashoboye kwandika ibitabo....
Perezida w’inama y’ubuyobozi ya ADEPR, Kayigamba Callixte, aravugwaho kwivanga mu nshingano za Biro Nyobozi, agamije kuyica intege kubera inyungu ze bwite. Aya makimbirane akajije...
Umushinjacyaha Mukuru w’Urwego rwasigariye Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa Arusha n’urwa Yougoslavia (IRMCT), Serge Brammertz, yatangaje ko Bizimana Augustin wari ku rutonde rwa ba ruharwa...
Ku munsi mpuzamahanga wahariwe kunywa icyayi, Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyashimiye NAEB impano y’icyayi cy’u Rwanda bageneye abaganga n’abandi bakozi. Ni mu rwego rw’uko aba...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye wita ku buzima (OMS) ryagaragaje ko kuwa gatatu gusa abantu ibihumbi 106 banduye, naho abandi hafi ibihumbi bitanu barapfa. Ni ubwa...
Ku wa Gatandatu tariki ya 16 Gicurasi 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Huye mu mirenge ya Ruhashya, Tumba na Rusatira yahakoreye...
Abagize urubyiruko rw’abakorerabushake batangiye ubukangurambaga bwo guhindura imyumvire y’abaturarwanda muri gahunda yo kurwanya Koronavirusi. Ubuyobozi bw’abakorerabushake buravuga ko ubu bukangurambaga bugamije gutera ingabo mu...
Kabuga Felisiyani wari umaze imyaka 26 ashakishwa kubera uruhare rwe rutaziguye mu gutera inkunga Jenoside yakorewe Abatutsi, yatawe muri yombi kuri uyu wa Gatandatu...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Gicurasi 2020, nibwo hongeye kuvugwa inkuru ivuga ubuyobozi bwa APR FC bw’aba burimo kurambagiza...
Nyuma y’imyigaragambyo yatangiye mu bihugu bimwe na bimwe ikorwa cyane cyane n’urubyiruko aho bamwe bagira bati «pas de climat pas de future» nta kirere...
Mu buzima busanzwe hari byinshi abantu bakora, cyane cyane ibimenyetso, ariko batazi icyo bisobanuye. Ibyo biza kenshi iyo abantu bafitanye ubucuti bukomeye, baba bari...
Mu kiganiro kirambuye yagiranye n’umunyamakuru wa Panorama.rw, Prof Malonga Pacifique yavuze birambuye ku buzima bwe. Aravuga byinshi yanyuzemo kuva atangiye amashuri ye abanza, ari...
Musekeweya ni imwe mu makinamico atambuka kuri radiyo zitandukanye hano mu Rwanda kuva mu mwaka wa 2004. Ifite intego yo kwerekana amavu n’amavuko y’ubugizi...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere, RDB, cyashyizeho amabwiriza agiye kuzajya yifashishwa n’abafite amahoteli n’amaresitora, aho bategetswe kuzajya bandika umwirondoro w’umuntu wese ubagannye. Ubu ni bumwe...
Amabwiriza yo kwambara udupfukamunwa agamije kugabanya ikwirakwira rya Koronavirusi hagati y’umuntu urwaye n’utayirwaye. Ku wa 17 Mata 2020 byatangajwe ko buri muturarwanda wese agomba...