Amakuru
Bamwe mu bari abarimu mu ishuli rya Lycée de la Sainte Trinité APED, riherereye mu murenge wa Ruhuha mu karere ka Bugesera, birukanwe mu...
Hi, what are you looking for?
Bamwe mu bari abarimu mu ishuli rya Lycée de la Sainte Trinité APED, riherereye mu murenge wa Ruhuha mu karere ka Bugesera, birukanwe mu...
Mu gihe hari abaturage bishimira akazi ko gutunganya imihanda babona muri gahunda ya VUP (Vision 2020 Umurenge Programme), ku rundi ruhande hari n’abanenga uburyo...
Nyuma y’uko inzige zigaragaye mu majyaruguru y’igihugu cya Uganda, u Rwanda rwatangiye gufata ingamba zo guhangana n’inzige zishobora kurugeramo igihe icyo ari cyo cyose....
Inteko rusange ya Sena y’u Rwanda yo ku wa 10 Gashyantare 2020, yasuzumye raporo ya Komisiyo y’Imibereho y’abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu, ku isuzuma rya ...
U Rwanda rumaze kohereza impapuro mpuzamahanga mu bihugu umunani zita muri yombi abantu bakurikiranweho kunyereza amafaranga y’u Rwanda asaga miliyari imwe bakayahisha kuri konti...
Umuturage wo mu murenge wa Nyagisozi, Akarere ka Nyanza, yafashwe ashaka guha ruswa umwe mu bakozi b’inzego z’umutekano, igera ku mafaranga y’u Rwanda ibihumbi...
Ku wa Gatanu tariki ya 07 Gashyantare 2020 mu cyumba cy’inama cya Centre Pastoral Notre Dame de Fatima giherereye mu murenge wa Muhoza, mu...
Ni mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro gahunda y’ubukangurambaga bugamije gushishikariza abana kugira umuco wo gusoma, aho ababyeyi n’abarezi bahuriye mu cyumba cy’inama cy’Akarere ka Gasabo ku wa 05...
Ku wa 8 Werurwe 2020, ku munsi mpuzamahanga w’abagore, mu Rwanda hateganyijwe igitaramo cyo gushimira abahanzi bamamaza inganzo yuje umuco nyarwanda haba imbere mu...
Polisi y’u Rwanda yongeye kubakangurira abaturage b’akarere ka Kirehe kwirinda kunywa, gukora no gucuruza inzoga zitujuje ubuziranenge zikomeje kugaragara. Bagaragarijwe ko, usibye kuba zabagiraho...
Abahagarariye urubyiruko rw’abakorerabushake mu karere ka Nyagatare baravuga ko mu 2019 hari ibikorwa bagiye bafashamo abaturage bijyanye no guteza imbere imibereho myiza yabo harimo ...
Igitaramo Ikirenga mu Bahanzi ni igitaramo gishingiye ku guteza imbere umuco biciye ku bahanzi, aho hazashimirwa umuhanzi wamamaje umuco nyarwanda mu Rwanda no mahanga,...
Minisiteri y’ubuzima ibinyujije mu kigo cy’igihugu Gishinzwe Ubuzima (RBC), ku bufatanye na Minisiteri y’Ingabo n’abafatantabikorwa, ku wa 4 Gashyantare 2020 mu kuzirikana umunsi wahariwe...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwishimira ko kuba serivisi z’ubuzima zaregerejwe abaturage, bacitse ku muco wo kubarira mu rugo bagana ibigo nderabuzima. Ubu ababyeyi babyarira...
Daniel Toroitich Arap Moi wabaye Perezida wa Kenya igihe k’imyaka 24 yatabarutse afite imyaka 95. Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta ni we watangaje ko...