Amakuru
Abaturiye ishyamba rya leta ryitiriwe umushinga wa GBK (Gishwati-Butare-Kigali), mu murenge wa Burega, mu karere ka Rulindo, mu ntara y’Amajyaruguru; babangamiwe n’inkende ziva muri...
Hi, what are you looking for?
Abaturiye ishyamba rya leta ryitiriwe umushinga wa GBK (Gishwati-Butare-Kigali), mu murenge wa Burega, mu karere ka Rulindo, mu ntara y’Amajyaruguru; babangamiwe n’inkende ziva muri...
Ku wa kabiri tariki ya 13 Kanama 2019, Polisi y’u Rwanda yatangije igikorwa cyo guha abaturage 3,000 ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) cyatangirijwe mu ntara...
Tariki ya 11 Kanama 2019, mu kwezi kwahariwe ibikorwa bya Polisi hakozwe siporo rusange mu karere ka Nyagatare nyuma hakorwa igikorwa cyo gutanga amaraso...
Mu gikorwa cyo gusobanurira abaturage ubuvugizi bakorewe ku byiciro bishya by’Ubudehe, bamwe mu batuye umurenge wa Mukura mu karere ka Huye bashyigikiye ko umukene...
Benshi mu baturage batuye mu murenge wa Gishubi, Akarere ka Gisagara Intara y’Amajyepfo, bavuga ko n’ubwo hashyizweho uburyo bwo kuvugurura ibyiciro bishya by’ubudehe, bakeneye...
Mu mpera z’icyumweru gishize Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu, mu murenge wa Rubavu, Akagari ka Gikombe, yafashe umugore witwa Feza Uwamahirwe...
Mu rwego rwo gukomeza kwigisha abanyarwanda intego y’ubukangurambaga bwa “Gerayo Amahoro” tariki ya 9 Kanama 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare...
Ni mu nama yahuje Urugaga rw’amasendika y’abakozi mu Rwanda (CESTRAR), abakozi n’abakoresha ndetse n’urugaga rw’abikorera (PSF) ku wa 07-08 Kanama 2019; aho bafatanyije kuvugurura...
Abagize umuryango wa Hitimana na Mukamana bo mu murenge wa Burega, akarere ka Rulindo, baravuga ibigwi umugoroba w’ababyeyi nyuma yo gusezerera amakimbirane mu rugo...
Mu kwezi kwahariwe ibikorwa bya Polisi buri cyumweru cyari gifite ibikorwa byacyo. Icyumweru cya kane cyahariwe kubungabunga umutekano wo mu muhanda, gifite insanganyamatsiko igira iti “uruhare...
Hashize umwaka ikigo cy’amashuri y’imyuga cya ESECOM (Ecole secondaire communautaire de Rucano) giherereye mu murenge wa Hindiro mu karere ka Ngororero, cyatangije igicumbi cy’umuco...
Gahunda mbonezamikurire y’abana bato (NECDP) bafatanije na Hinga Weze hamwe na UNICEF basobanura ko umugore agomba konsa umwana mw’isaha ya mbere akimara kubyara kugira...
Ku wa 6 Kanama 2019, Minisitiri w’Ubuzima w’agateganyo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo (DRC), Bwana Pierre Kangudia aherekejwe n’abandi bakorana, ku butumire bwa...
Kuri uyu wa kane Kanama 2019, ku kibuga k’indege mpuzamahanga cya Kigali, hasesekaye itsinda ry’abapolisi 140 bavuye mu butumwa bw’amaoro muri Haïti, bayobowe n’umuyobozi...
Polisi ihora iburira abantu kwirinda ibikorwa bikorerwa mu mazi mu buryo bunyuranyije n’amategeko irwanya ibikorwa byangiza inyamaswa zo mu mazi n’ishyirwa mu kaga ry’ubuzima...