Amakuru
Kaminuza y’Ubukerarugendo n’Ubucuruzi (UTB) ku bufatanye na JRIIE (Journal of Research Innovation and Implications in Education) bazamurika ubushakashatsi mu burezi bwatuma bimwe mu bibazo...
Hi, what are you looking for?
Kaminuza y’Ubukerarugendo n’Ubucuruzi (UTB) ku bufatanye na JRIIE (Journal of Research Innovation and Implications in Education) bazamurika ubushakashatsi mu burezi bwatuma bimwe mu bibazo...
Ku itariki ya 18 Ukwakira 2018, nibwo habaye umuhango rusange wari wateguwe na Huawei, Minisiteri y’Ikoranabuhanga n’iy’Uburezi, wo gusezera ku banyeshuri umunani, biga ikoranabuhanga...
Inteko Ishinga Amategeko Nyafurika (PAP: Pan-African Parliament) iteraniye i Kigali kuva ku wa 18 Ukwakira kugeza ku wa 03 Ugushyingo 2018 mu gihembwe cyayo...
Kuri uyu wa 18 Ukwakira 2018, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyize amaraso mashya muri Guverinoma y’u Rwanda, amwe mu mazina akomeye ntiyagaragayemo ariko...
Abayobozi b’amadini n’amatorero atandukanye mu ntara y’Iburasirazuba basabwe kugira uruhare mu gukumira no kurwanya ibyaha, by’umwihariko ibiyobyabwenge mu rubyiruko. Ibi bakazabikora batanga inyigisho zigaragaza ingaruka...
Abacuruzi babiri, umwe wo mu karere ka Rubavu n’undi wo mu karere ka Rusizi, ku itari ya 13 n’iya 14 Ukwakira, bafatanywe magendu ya...
Urubyiruko rwibumbiye mu muryango nyarwanda utegamiye kuri Leta uhuza urubyiruko rutanga imbaraga mu kwesa imihigo y’uturere (YURI: Youth Unit Rwanda Imihigo), mu karere ka...
Mu karere ka Nyamasheke, Intara y’Iburengerazuba bashyizeho uburyo bwihariye bwo kurwanya ihohoterwa cyane cyane irishingiye ku gitsina hakoreshejwe “Kubyarana muri batisimu”. Ni nyuma y’uko...
Bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Kansi mu karere ka Gisagara, Intara y’Amajyepfo, bavuga ko uburyo bwo gusezerana ivangamutungo rusange, butuma abagabo babo...
Abagize group ya Fine Gospel baravuga ko urubyiruko ari imbaraga z’igihugu kandi z’Itorero zubaka. Muri iki gitaramo hiteguwemo gutangira abatishoboye ubwisungane mu kwivuza. Abagize...
Amakuru dukesha urubuga rwa Twitter rwa Perezidansi ya Repubulika y’u Rwanda ni uko abakuru b’ibihugu n’abazaguverinoma bateraniye mu nama ya 17 y’Umuryango w’ibihugu bikoresha...
Mu karere ka musanze, abarwanduye Virusi itera SIDA (HIV), bisuzumishije kandi bagafata imiti, kuva uyu mwaka watangira wiyongereyeho abantu bagera kuri 400 bavuye ku...
Erevan, umurwa mukuru wa Arumeniya, ni wo urimo kuberamo inama nkuru ya cumi na karindwi y’umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa (Organisation Internationale de la...
Mu nama y’umutekano yaguye y’akarere ka Rutsiro yateranye ku wa 09 Ukwakira 2018, abayobozi basabwe kongera ubufatanye n’abaturage, mu rwego rwo kurushaho kwicungira umutekano,...
Hirya no hino mu gihugu Polisi y’u Rwanda imaze iminsi iri mu bikorwa byo kurwanya abantu bambutsa ibicuruzwa bakabyinjiza mu gihugu bidasoze. Ni muri...