Amakuru
Bamwe mu bagore bo mu murenge wa Kagano, mu karere ka Nyamasheke, baravuga ko bakorerwa ihohoterwa rishingiye ku mutungo aho abagabo bacunga umutungo w’urugo ...
Hi, what are you looking for?
Bamwe mu bagore bo mu murenge wa Kagano, mu karere ka Nyamasheke, baravuga ko bakorerwa ihohoterwa rishingiye ku mutungo aho abagabo bacunga umutungo w’urugo ...
Bamwe mu bagore bo mu murenge wa Bugarama, mu karere ka Rusizi, baravuga ko amafaranga bakura mu buhinzi bw’umuceri n’inyanya bakorera mu kibaya cya...
Polisi y’u Rwanda k’ubufatanye n’abaturage ndetse n’abayobozi mu nzego z’ibanze, bakomeje ibikorwa byo kurwanya inzoga zitemewe hirya no hino mu gihugu, by’umwihariko mu ntara...
Kuri Sitasiyo ya Polisi ya Mimuri, mu murenge wa Mimuri mu karere ka Nyagatare, hafungiye abagabo babiri bakurikiranywe gushaka guha ruswa abapolisi, mu gihe...
Inama yahuje ubuyobozi bukuru bwa Polisi y’u Rwanda n’abayobozi b’ibigo byigenga bicunga umutekano, ku wa 25 Nzeri 2018, yanzuye ko ibi bigo bigomba gukora...
Urubyiruko rwo mu Karere ka Rubavu, rwasabwe guhuriza hamwe imbaraga zabafasha kubyaza umusaruro amahirwe rwahawe rukishakamo ibisubizo bigamije gukemura ibibazo igihugu gifite. Nyuma y’umuganda...
Iyi gahunda y’umujyanama mu baturage izajya iba inshuro imwe mu gihembwe ni imwe mu ngamba nshya akarere ka Ngoma kafashe mu kwihutisha iterambere no...
Pam Rwanda ikomeje urugamba rwo guhindura imyumvire n’imitekerereze y’abanyarwanda n’abanyafurika muri rusange, Diaspora na yo yiyemeje kudasigara inyuma kuri ibyo byiza. Mu rwego rwo...
Mu bikorwa byo gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge Polisi yakoze ku bufatanye n’abaturage mu karere ka Gatsibo, hafatiwemo ibiyobyabwenge biri mu makarito 109 y’inzoga zikomoka mu...
Abantu basaga magana inani (800) kuri iki cyumweru tariki ya 23 Nzeri 2018, baritabira Inama Nkuru ya kabiri y’Umuryango Uharanira Kwigira no Kwihesha Agaciro...
Abamugariye ku rugamba batuye mu mudugudu wa Rugende, Akagari ka Ruhanga, Umurenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo, batanga ubuhamya bavuga ko hari aho...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rulindo ku bufatanye n’umuryango nyarwanda w’urubyiruko rw’abakorerabushe mu gukumira no kurwanya ibyaha(RYVCP) ku wa 16 Nzeri batangije igikorwa...
Ibikorwa byo kurwanya abakora bakanacuruza inzoga zitemewe birakomeje, aho hirya no hino mu ntara y’ Iburasirazuba habereye ibikorwa byo kumena izo nzoga no gutwika...
CSP Hubert Gashagaza wari mu kiruhuko cy’izabukuru, muri iki gitondo cyo ku wa 18 Nzeri 2018, hasakaye inkuru ko yitabye Imana bivugwa ko yishwe,...
Binyuze muri UNIK Association, hitezwe imbaraga zo kuzamura ubushobozi ndetse n’ireme ry’uburezi muri Kaminuza ya Kibungo –UNIK, abayizemo ndetse n’abakozi bahabwa umwanya wo kuba...