Amakuru
From 7th to 9th November 2017, the Rwanda National Commission for Human Rights will host over 44 countries (Members of the Network of Africa National...
Hi, what are you looking for?
From 7th to 9th November 2017, the Rwanda National Commission for Human Rights will host over 44 countries (Members of the Network of Africa National...
Umugoroba w’ababyeyi, abawitabiriye wababereye urubuga rwo kunguka ubumenyi no kwikemurira ibibazo. Watumye kandi umugore amenya agaciro ke no guhesha ishema umuryango. Abagore bo mu...
Binyuze mu mushinga uharanira kugaragaza no guteza imbere imibereho y’abafite ubumuga bukomatanyije bwo kutumva no kutabona (Improving the situation of persons with deafblindness in...
Mu gihe urugamba rw’amasasu rwarangiye, ubu Abanyarwanda bose aho bava bakagera barajwe ishinga n’urugendo rw’iterambere rusange ry’abenegihugu. Ibikorwa byo kubaka igihugu bigirwamo uruhare n’iyonka...
Gutura neza kandi heza ni byiza. Akarusho ariko ni ugutura neza ukazigama n’aho kubyaza umusaruro. Hirya no hino mu gihugu abantu barubaka ubutitsa. Amazu...
Hirya no hino, haba mu cyaro cy’Umujyi wa Kigali, mu turere bihana imbibi ndetse n’uturere tugomba kuba imijyi yungirije umurwa mukuru hazamuka inyubako ubutitsa,...
Si urugendo rworoshye ugenda n’amaguru, kuko ni mu cyaro ariko kandi ni mu Mujyi wa Kigali. Iyo ugitukunguka ku rugi rw’igipangu, wibaza niba ugeze...
Bakunzi bacu mudukurikirana umunsi ku munsi, Ubuyobozi bw’Ikinyamakuru Panorama bufashe uyu mwanya kugira ngo tubisegureho kubera iminsi itatu mwari mumaze mutabona amakuru. Twagize ikibazo...
Abakunzi b’Ikinyamakuru Panorama ubu kiri ku isoko aho musanzwe mugurira ibinyamakuru. Kirimo amakuru asesenguye, areba impande zose z’ubuzima. Inkuru z’ingenzi musangamo ni izi zikurikira:...
Abanditsi bakuru mu bigo by’itangazamakuru bagera kuri mirongo itanu, bari mu masomo y’ikarishyabwenge ku Ihame ry’Uburinganire n’Ubwuzuzanye, hareberwa hamwe uburyo ryakwinjizwa muri gahunda yabo...
Kubungabunga umuco n’ibimenyetso ndangamateka y’u Rwanda bizagerwaho abo bireba bose babigizemo uruhare, kandi hakaba ubufatanye bw’inzego zose no guhuza amaboko kw’imiryango itegamiye kuri Leta...
Abanyeshuri, abarimu n’ababyeyi basura urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi, bavuga ko bahakura amasomo akomeye atuma bafata umugambi ko Jenoside itazongera ukundi. Abanyeshuri n’abarezi bo...
Inzego za Leta kimwe n’abaturage bose bakeneye itangazamakuru. Uyu muyoboro ni ikiraro gihuza izo nzego zombi kandi ziragikeneye uko byagenda kose. Iyo urebye gahunda...
Uturere twa Rwamagana na Musanze twanditse amateka mu mihigo y’umwaka 2016/2017 tuza dukurikiranye kuko Rwamagana yabaye iya mbere na ho Musanze iza ku mwanya...
Inama y’abaminisitiri yateranye ku wa 4 Ukwakira 2017, mu byemezo byayo yanzuye ko uburyo bukoreshwa mu isuzuma ry’imihigo burushaho kunozwa. Itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri...