Amakuru
Iyi ntero ivuga ko bamwe mu bakristo ba ADEPR batabaza Perezida wa Repubulika yongeye gushimangirwa na bamwe mu bahoze ari abashumba muri itorero bemeza...
Hi, what are you looking for?
Iyi ntero ivuga ko bamwe mu bakristo ba ADEPR batabaza Perezida wa Repubulika yongeye gushimangirwa na bamwe mu bahoze ari abashumba muri itorero bemeza...
Ubuyobozi bwa karere ka Gatsibo bwihanangirije bamwe mu baturage bashaka gukwirakiza amacakubiri muri bagenzi babo babangisha abayobozi b’amakoperative yabo, kuko bisenya. Bwongeraho ko abo...
Abasenateri bavuze ko itegeko rigenga imicungire y’imari n’umutungo by’igihugu, ari kimwe mu byarinda ibihombo bituruka ku micungire mibi y’imari ya Leta no kugaruza amafaranga...
Hasigaye iminsi 7 gusa ngo ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire ritangire. Abaturage ndetse n’abayobozi b’inzego z’ibanze barasabwa kugira iki gikorwa icyabo, kugira ngo hazatangwe amakuru...
Muri iri joro ryakeye, Umusore witwa Nzanywayimana Eliezer wabaga i Kigali, bikekwa ko yaje akica ababyeyi bombi abateye ibyuma, afatwa ashaka gutoroka. Uyu musore...
Mu gihe leta y’u Rwanda ikomeje gukora ibishoboka ngo iterambere rya mwarimu rigerweho, umwe mu barimu avuga ko koperative yabo y’Umwalimu SACCO uretse guhindura...
Abasesengura ibibera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo basanga raporo y’Umuryango w’Abibumbye ishinja u Rwanda gutera inkunga umutwe wa M23, igamije kwikura mu kimwaro...
Abaturage bo mu karere ka Huye basabwa kugira ubushishozi n’amakenga mu kugura ibikoresha byakoze, bakibuka kwaka inyemezabwishyu, kugira ngo birinde kugura iby’ibyibano cyangwa se...
Niyomugabo Jean de Dieu, umusore w’imyaka 25 yihangiye umurimo wo gucura amasafuriya mu byuma bishaje. Uyu mushinga watsinze mu irushanwa rya Youth Connect, igihembo...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hari ibibanza bigera kuri 700 bigiye kwamburwa bene byo bigahabwa abashobora kubyubaka, ndetse ko n’imwe mu mishinga yadindiye...
Abaturage bo mu murenge wa Musange mu karere ka Nyamagabe, bishimira ko kuzigamira Mituweli byatumye bose batanga ubwisungane mu kwivuza bw’umwaka wa 2022/2023 bakaba...
Muri Guverinoma y’u Rwanda hinjiyemo Minisiteri itari isanzwe ikaba ishinzwe ishoramari rya Leta. Iyi minisiteri ije ikuriye ibigo bishya byagaragaye mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe amashyamba gisaba buri muturarwanda kwirinda ibikorwa byateza inkongi z’umuriro zibasira amashyamba mu gihe cy’impeshyi. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’icyo kigo kigaragaza...
Kurera abana bafite ubumuga bisaba umuhamagaro, ubwitange ariko kandi bigasaba igihembo kitari gito ku bafite ibigo byita kuri abo bana, bagomba guha abarezi. Aba...