Amakuru
Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yatwaye ubuzima bw’abasaga miliyoni, isenya igihugu ndetse isigira abayirokotse ibikomere byo ku mubiri n’ibyo ku mutima ku buryo urugendo...
Hi, what are you looking for?
Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yatwaye ubuzima bw’abasaga miliyoni, isenya igihugu ndetse isigira abayirokotse ibikomere byo ku mubiri n’ibyo ku mutima ku buryo urugendo...
Umuyobozi w’Ikigo gishinzwe kugenzura Imiturire mu Rwanda, RHA, Rukaburandekwe Alphonse, yavuze ko Leta yatangiye kubarura inzu zayo zidakoreshwa mu kureba uko zishobora kubyazwa umusaruro....
Umuraperikazi Abayizera Marie Grace uzwi ku izina ry’ubuhanzi nka Young Grace yatangaje ko agiye gushyira hanze album ye ya gatatu amaze igihe atunganya. Ni...
Amakuru dukesha RBA ni uko Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwasabye imiryango 36 ituye mu nkengero z’umusozi wa Muko uri mu Murenge wa Bugarama kwimuka...
Perezida Paul Kagame atangaza ko amagambo ya mugenzi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavuze ko azatera u Rwanda akanakuraho ubutegetsi buriho,...
Inama y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Ukwishyira ukizana kwa buri Muntu, PL, yateranye ku wa 24 Werurwe 2024, yafashe umwanzuro udakuka ko mu matora y’umukuru w’igihugu...
Ishyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage (PSD), ririfuza ko umubare w’Abadepite bari mu Nteko ishinga Amategeko wiyongera ukva kuri 80 ukagera ku 120, ni...
Panorama Ishyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage (PSD), muri Kongere yaryo y’igihugu idasanzwe yo ku wa 24 Werurwe 2024, ryatoye kandi ryemeza gushyigikira umukandida...
Munezero Jeanne d’Arc Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda, ifatanyije n’umushinga USAID Ireme, biyemeje gukemura ikibazo cy’abakozi bake cyakomeje kugaragara mu rwego rw’ubuvuzi by’umwihariko ababyaza kuko...
Leta yashyize imbaraga mu kwegereza abaturage ubuvuzi bw’ibanze kugira ngo bagabanye ingendo ndende bakoraga bajya kwivuza. Ingaruka z’ingendo ndende zabagamo imfu, abandi bakishyura amafaranga...
Mu gihe ahitwa i Nyange mu Murenge wa Kansi mu Karere ka Gisagara hatangirijwe ubukerarugendo bushingiye ku muco nyarwanda bufatiye ku bworozi bw’Inka z’inyambo,...
Abasesengura ibya politiki kuri uyu mugabane wa Afurika basanga Abanyekongo bavuga ikinyarwanda bakwiye guhabwa uburenganzira bwabo nk’abandi baturage ku butaka bwabo bwa Kongo. Bitabaye...
Abadepite bemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko, ryorohereza abashaka gushyingirwa batarageza imyaka 21 ariko nibura bafite 18, rikorohereza ndetse n’abashakanye bifuza gutandukana. Guverinoma y’u Rwanda yateguye...
Inteko Ishinga Amategeko yatangiye gusuzuma umushinga w’itegeko ryitezweho guhindura imitangire ya gatanya ku buryo bwitezweho guca intege abajya mu rushako bagamije gushaka imitungo y’abo...
Ku bufatanye hagati y’Umuryango Nyarwanda urwanya indwara zitandura “Rwanda NCD Alliance” n’umushinga SOS, ishami rishinzwe kwita ku buzima bwo mu kanwa (SOS Healthy Teeth...