Amakuru
Mu kwizihiza iminsi ijana itorera ry’Abadivantisiti b’Umunsi waw a Karindwi rimaze rigeze mu Rwanda, Abizera baryo bakoze umuganda rusange ngarukakwezi mu kagari ka Rugando,...
Hi, what are you looking for?
Mu kwizihiza iminsi ijana itorera ry’Abadivantisiti b’Umunsi waw a Karindwi rimaze rigeze mu Rwanda, Abizera baryo bakoze umuganda rusange ngarukakwezi mu kagari ka Rugando,...
Polisi y’u Rwanda itangaza ko abashoferi 53 bafashwe mu mpera z’iki cyumweru bakuye mu modoka zabo utugabanyamuvuduko. Abo bashoferi ubu bacumbikiwe na Polisi bakurikiranweho...
Mu mpera z’icyumweru gishize, kuva kw’itariki ya 29 kugeza mw’ijoro ryo ku wa 31 Kanama 2019, abantu barenga 80 bafatiwe mu bikorwa bya Polisi byo kurwanya abantu...
Umyobozi w’Akarere ka Musanze wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Ndabereye Augustin, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Kanama 2019, yatawe muri...
Umuco w’umuntu ni yo ndangagaciro ye. Nk’uko ntakidapfa kandi byose bihinduka, hari ibigenda bihinduka mu buzima bw’umuntu kubera imibereho n’impinduka z’ibihe ndetse n’ibigezweho, ariko...
Mu mukwabu wakozwe na Polisi mu maduka yo kw’isoko rya Mimuli mu karere ka Nyagatare ku wa gatatu tariki ya 28 Kanama 2019, hafashwe...
Mu rukerera rwo ku wa kane tariki ya 29 Kanama 2019, mu murenge wa Cyanika, Akarere ka Nyamagabe, ku bufatanye n’abaturage mu mukwabu wo...
Ku wa kabiri tariki ya 27 Kanama 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu murenge wa Rwimbogo, mu karere ka Rusizi, yafashe umuturage wacururizaga mazutu...
Ikibazo k’imyumvire y’abaturage mu karere ka Burera ku birebana no gutegura indyo yuzuye ku bana no ku mubyeyi utwite byatumye abana bagera kuri 42,9...
Ku wa 27 Kanama 2019 mu ntara y’amagepfo ku magereza Huye, Nyamagabe na Muhanga hatanzwe impamyabumenyi ku bagororwa 475 bize umwuga w’ubwubatsi. Muri abo...
Ibikorwa by’abaganga ba gisirikare byahuje abasirikare b’u Rwanda n’aba Leta zunze ubumwe za Amerika mu rwego rw’ubufatanye bw’imyitozo ya Shared Accord 19, byasojwe hamaze...
Abagore bakarere ka Burera barashinja abagabo babo kutabemerera kwitabira kuri gahunda yo kuboneza urubyaro, nubikoze ugasanga umugabo atabyumva neza aho ahitamo kumuca inyuma akamubyariraho...
Polisi y’u Rwanda itangaza ko ku wa Gatandatu tariki ya 24 Kanama 2019, ku bufatanye n’abayobozi b’inzego z’ibanze, mu murenge wa Kigali, hatahuwe inzu...
“Umugore wubatse urugo cyangwa se umukobwa wishoye mu buraya ntashobora kwiteza imbere kuko atabona umwanya wo kwita ku muryango we no ku bituma ashobora...
Abaturage bo mu murenge wa Kisaro barasaba ko ibyiciro by’ubudehe byo mu cyaro byatandukanwa n’ibyo mu mugi kubera ko ubushobozi bw’imibereho yabo butandukanye. Kubera...