Amakuru
Abaturage bo mu Karere ka Gakenke baturanye n’ibirombe bicukurwamo amabuye y’agaciro bavuze ko babangamiwe n’abiyise ‘Abahebyi’ bajya gucukura amabuye y’agaciro ku buryo butemewe, bakabikora...
Hi, what are you looking for?
Abaturage bo mu Karere ka Gakenke baturanye n’ibirombe bicukurwamo amabuye y’agaciro bavuze ko babangamiwe n’abiyise ‘Abahebyi’ bajya gucukura amabuye y’agaciro ku buryo butemewe, bakabikora...
Sena iri mu gikorwa cyo gusura abaturage mu Turere twose n’Umujyi wa Kigali, hagamijwe kumenya ibikorwa mu guteza imbere amavuriro y’ibanze. Iki gikorwa kizitabirwa...
The Senate has organized a field visit across all districts and the City of Kigali to assess the progress in enhancing health post functions....
Panorama Perezida Paul Kagame agaragaza ko uko byagenda kose u Rwanda rutasubira aho rwavuye, kuko rwashaririwe bihagije bitewe n’amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi rwanyuzemo....
Ku wa Gatatu, tariki ya 15 Mutarama 2025, Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, itsinda ry’abanyeshuri ba Kaminuza ya Wharton yo muri Leta...
Written by Malliavin NZAMURAMBAHO Rwanda’s religious landscape has undergone substantial transformation over the past century, influenced by both indigenous beliefs and the introduction of...
By Kayitare Jean B. In the last five years Rwanda had made tremendous traits in reducing the deaths attributed to Malaria. Despite all that...
Mu kiganiro cyatambutse kuri Televiziyo y’u Rwanda ku wa mbere, tariki ya 6 Mutarama 2025 Dr. Aimable Mbituyumuremyi uyobora Ishami rishinzwe kurwanya Malaria mu...
Ubuyobozi bw’Ibitaro bikuru bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) byashyizeho ingamba zo guhangana n’ikwirakwiza ry’indwara y’ibicurane. Izo ngamba zashyizweho zireba abakozi bose b’ibyo bitaro, abarwayi...
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire atangaza ko muri uyu mwaka wa 2025 hari nkingi eshatu iyi Minisiteri ishyize imbere, zikaba zizafasha igihugu gutera imbere...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwishimira ko bashoje umwaka wa 2024 babashije gushyira ku murongo bimwe mu bibazo byasaga n’aho byari imbogamizi n’ubwo atari byose....
Bamwemu bagore babyarira mu Bitaro bya ADEPR Nyamata biherereye mu karere ka Bugesera bishimira ko batangiye kubakirwa inzu y’ababyeyi izaba irimo n’ibikoresho bigezweho. Ibi...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, cyasohoye urutonde rw’ibigo by’a,ashuri y’incuke ndetse n’abanza 61 byo mu turere 11 byafunzwe guhera mu gihembwe cya...
Perezida Paul Kagame asaba abayobozi kujya bubahiriza ibyo baba barahiriye, abibutsa ko indahiro atari umugenzo gusa ahubwo ifite uburemere bwayo kandi bijyana n’inshingano baba...
Ubuyobozi bw’Urwego rw ‘Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) butangaza ko bataye muri yombi abayobozi batatu bakorera mu turere twa Rusizi, Nyamasheke na Kirehe, bakurikiranweho gutanga amasoko ya...