Amakuru
Minisiteri y’uburezi yasabye abari mu burezi bose barimo abarimu n’abayobozi b’ibigo gufata urukingo rushimangira rwa COVID-19 mbere y’Itangira ry’igihembwe cya 2 cy’umwaka w’amashuri wa...
Hi, what are you looking for?
Ubuyobozi bwa Polisi N’ubw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro busaba abatarahererekanya ibinyabiziga kubikora bitarenze Gashyantare 2026. Bigomba gukorwa muri icyo gihe cyatanzwe kuko abatazabikora byo...
Minisiteri y’uburezi yasabye abari mu burezi bose barimo abarimu n’abayobozi b’ibigo gufata urukingo rushimangira rwa COVID-19 mbere y’Itangira ry’igihembwe cya 2 cy’umwaka w’amashuri wa...
Minisiteri y’ubuzima itangaza ko igihe cyari cyarateganyijwe hagati y’Ifatwa ry’urukingo rwa 2 rwa COVID-19 n’urwa 3 rushimangira cyashyizwe ku mezi 3 gusa. Ubusanzwe inzego...
Umuyobozi w’Ishami ryo kurwanya no gukumira indwara muri Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima -RBC, Dr Tuyishime Albert, avuga ko ntawe ukwiye kugira impungenge ku rukingo rushimangira,...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC cyasabye Abanyarwanda gukaza ingamba zo kwirinda Covid19 ndetse no kwikingiza muri ibi bihe byegereza iminsi mikuru isoza umwaka. RBC ivuze...
Bamwe mu bahinzi n’aborozi bo mu Karere ka Kayonza, bavuga ko bakomeje kurenganywa na zimwe muri Sosiyete zishingira amatungo n’imyaka; aho babasaba Leta kubarenganura. ...
Bamwe mu bafite ubumuga bagera ahakorerwa imirimo itandukanye, batangaza ko babasha kwibeshaho na bo, bahawe ubumenyi bw’inyongera hitabwa ku byo buri wese abasha, hashingiwe...
Bamwe mu babyeyi batishoboye bo mu Karere ka Rubavu bavuga ko bagiterwa ipfunwe no kuba barabyaye abana bafite uburwayi bwo mu mutwe, bigera n’aho...
Leta y’u Rwanda iramara abanyarwanda impugenge ko badakwiye gutinya gufata urukingo rwa COVID-19 doze ya gatatu kuko ari urwongerera ubushobozi izatewe mbere, nk’uko n’izindi...
Ibyaha byiganjemo ibiyobyabwenge n’ubujura bikorwa cyane cyane n’urubyirko byatumye mu mezi atatu gusa imfungwa n’abagororwa biyongeraho abasaga 1300; Ubu bose hamwe bageze ku 72,799....
Bamwe mu babyeyi batwite n’abonsa bo mu karere ka Musanze bavuga ko batagifite impugenge zo kwikingiza COVID-19, kuko basobanukiwe ko batatsinda iki cyorezo batikingije....
Mu rubanza rukomeje kubera mu Rukiko rwa rubanda (Cour d’Assises) I Paris, Muhayimana Claude yasobanuye urugendo rwe agera mu Bufaransa ndetse n’uko yinjiye mu...
Ku wa Kane tariki ya 25 Ugushyingo 2021 mu kigo cy’imyitozo ya Gisirikare giherereye i Nasho mu Karere ka Kirehe “Nasho Basic Military Training Center” hasojwe imyitozo yari...
Ku wa kane tariki ya 25 Ugushingo 2021, Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima mu Rwanda (RBC), ku bufatanye n’ikigo kita ku ndwara zitandura NCD (Non-Communicable...
The Parliament of Rwanda is set to host the 17th Conference of Speakers and Presiding Officers of the Commonwealth (CSPOC) – Africa Region. The Conference...
Mu karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Kamegeri, haravugwa inkuru ibabaje cyane bitewe n’impanuka y’ikamyo yahabereye mu rukerera rw’uyu munsi tariki ya 19 Ugushyingo 2021,...