Football
Police FC yamaze gusezerera abakinnyi batatu barimo myugariro Mugabo Gabriel, Turatsinze Hertier ndetse na rutahizamu Isaac Muganza bivugwa ko abo bakinnyi bazize imyitwarire itaboneye....
Hi, what are you looking for?
Police FC yamaze gusezerera abakinnyi batatu barimo myugariro Mugabo Gabriel, Turatsinze Hertier ndetse na rutahizamu Isaac Muganza bivugwa ko abo bakinnyi bazize imyitwarire itaboneye....
Mu nama idasanzwe ya Biro Politiki ya FPR-Inkotanyi yo ku wa 11 Ukuboza 2016, mu myanzuro yafashwe kandi ikomeye, abanyamuryango bongeye gushimangira ko nta...
Sendika y’abakozi bakora mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro na kariyeri mu Rwanda (REWU), itangaza ko umubare w’abagore bakora mu birombe by’amabuye y’agaciro ukiri muto cyane,...
Gahunda yo kuboneza urubyaro mu karere ka Bugesera yitabirwa n’abagore ku gipimo kirenga ½ cy’abagore bashobora kubyara, mu gihe abagabo bo basa n’abadakozwa kwifungisha...
Akarere ka Bugesera ni kamwe mu turere tugize Intara y’Iburasirazuba twashoboye guhangana n’amapfa yazahaje iyo ntara. Babigezeho bashoboye gutera ibiti ku butaka bateganije besa...
Mu gihe mu magereza havugwamo ubucucike ku mfungwa n’abagororwa, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yahaye imbabazi abakobwa n’abagore bahaniwe icyaha cyo gukuramo inda, imanza...
None kuwa Gatanu, tariki ya 09 Ukuboza 2016, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Inama y’Abaminisitiri...
Imvura yaguye ikererewe kandi ari nke yatumye Akarere ka Kirehe kagira abaturage bazahajwe n’amapfa, ku buryo imiryango igera ku 3500 yagaburiwe kuko imaze ibihembwe...
Umushinga w’ubufatanye muri TVET washyize ku isoko ry’umurimo aba mbere bize mu buryo bushya iby’ubwubatsi. Abanyeshuri ba mbere mu Rwanda bize iby’ubwubatsi mu buryo...
Ishuri Rikuru ryigisha Imyuga n’Ubumenyingiro mu ntara y’Iburasirazuba (IPRC East) ryatangije gahunda yiswe ”Youth Leadership Development program (YLDP)” igamije gutegurira urubyiruko ejo heza binyuze...
Use of ICT is a key factor in accessing statistical facts in economic sustainable development of nation. This observation was given by Yusuf Murangwa,...
KIGALI, RWANDA (Nov. 29, 2016) – The Partnership for skills in Applied Sciences, Engineering and Technology (PASET) cemented its cooperation with two premier Korean...
Inkuru n’ibiganiro bihita mu bitangazamakuru binyuranye zagombye kuba zigamije iterambere, haba ku munyamakuru ubwe, igihugu no ku batuye Isi muri rusange, byose bishingiye ku...
Ubwo batangiraga amahugurwa y’iminsi 5 yaberaga muri Malawi (Lilongwe) yitabiriwe n’abanyamakuru, abanyamadini, n’imiryango yigenga iharanira uburenganzira bwa muntu n’iterambere ry’umugore; barerebera hamwe icyatuma intego...
Kigali 20 November 2016 – After his victory in 2014, Valens Ndayisenga succeeded today in renewing the feat by protecting his yellow jersey leader that he had...