Amakuru
Ibihe bya COVID-19, byatumye bamwe mu bakoresha bagaragaza ubumwe bafitanye n’abakozi babo ndetse n’agaciro babaha mu kazi. Abakoresha bamwe baboneyeho umwanya wo guhagarika abakozi...
Hi, what are you looking for?
Ibihe bya COVID-19, byatumye bamwe mu bakoresha bagaragaza ubumwe bafitanye n’abakozi babo ndetse n’agaciro babaha mu kazi. Abakoresha bamwe baboneyeho umwanya wo guhagarika abakozi...
Igicuri ni indwara ikunze kuzahaza abantu benshi ndetse bamwe bagakuramo ubumuga. Hari abandi bahura n’impanuka, igihe bafashwe hatari ushobora kubatabara. Uwafashwe n’igicuri abantu benshi...
Umutoza w’ikipe ya APR FC Adil Mohamed yatangaje ko umukinnyi Ishimwe Kevin uheruka guhagarikwa by’agateganyo, ubu yirukanwe burundu kubera ikinyabupfura gike. Tariki 29/10/2020 ni...
Mu rwego rwo kunoza ubukangurambaga bugamije kurwanya indwara zitandura, cyane cyane diyabete, kanseri ndetse n’indwara z’umutima, no gushishikariza abantu kuzipimisha hakiri kare mu gihugu...
Impuzamiryango iharanira uburenganzira bwa muntu (CLADHO) ivuga ko ikibazo cy’imibare mike y’ibirego bijya mu nkinko birebana no gusambanya abana kitazigera gikemuka mu gihe inzego...
Umubaruramari Mukuru muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi Mukeshimana Marcel yashimiye Uturere two mu ntara y’Iburasirazuba uburyo twitwaye mu mikoreshereze myiza y’umutungo wa Leta. Yabitangaje mu...
Inama y’abaminisitiri yateranye ku wa 11 Ugushyingo iyobowe na Perezida Paul Kagame, yashyize abayobozi banyuranye mu mwanya, barimo Madamu Nirere Madeleine woyoboye Komisiyo y’Igihugu...
Ku nshuro ya mbere, kuri uyu wa Gatatu Kabuga Félicien ukurikiranweho ibyaha bya jenoside yagejejwe mu rukiko i La Haye mu Buhorandi. Urugereko rwa...
U Burusiya bwatangaje ko urukingo Sputnik V rurinda umuntu kwandura Covid-19 ku gipimo cya 92 ku ijana nk’uko byerekanwa n’ibipimo by’agateganyo byavuye mu igerageza....
Umugabo n’umugore we b’Abadage bafite inkomoko muri Turukiya, ubu ni bo bahabwa amahirwe menshi yo kuba aba mbere mu kugeza ku isoko urukingo rwa...
Ihuriro ry’imiryango itari iya Guverinoma iharanira uburenganzira bwa muntu by’umwihariko yita ku bijyanye no kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina, ubuzima bw’imyororokere n’uburenganzira bwa muntu...
Guverinoma y’u Bufaransa yemereye u Rwanda kimwe n’ibindi bihugu bike kuba abaturage babyo bajya muri icyo gihugu badasabwa amabwiriza ajyanye no kwirinda icyorezo cya...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yerekeje i Praia muri Cap-Vert mu mikino yo guhatanira itike y’igikombe cya Afurika izaba mu mwaka wa 2022 muri...
Mu ijambo yavugiye muri Kiliziya ya Regina Pacis mu mujyi wa Kgali kuri iki cyumweru, Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe z’abarabu Hazza Alqahtani, yahamagariye...
Joe Biden umukandida w’Umudemokarate wahataniraga kuyobora Leta zunze Ubumwe za Ameriaka, yatsinze bidasubirwaho Donald Trump umukandida w’umurepubulikani wari umaze imyaka ine ari Perezida wa...