Amakuru
Abakurikirira hafi amateka y’Isi basanga nta muntu ugomba kwemera ko amateka y’igihugu cye asibangana kuko kuyatakaza bigira ingaruka mbi nyinshi ku bariho ubu ndetse...
Hi, what are you looking for?
Abakurikirira hafi amateka y’Isi basanga nta muntu ugomba kwemera ko amateka y’igihugu cye asibangana kuko kuyatakaza bigira ingaruka mbi nyinshi ku bariho ubu ndetse...
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Kanzenze mu Karere ka Rubavu baravuga ko bamaze imyaka irenga irindwi batarabona ingurane y’imirima yabo bambuwe ikagurirwamo...
Ku ngoma y’umwami Yuhi wa V Musinga wayoboye u Rwanda ahagana mu 1883 -1944 agace ka Gitwe kari mu Murenge wa Bweramana mu Karere...
Nyuma y’imyaka 36 uru ruganda rumaze mu Rwanda rukora sima, kuri ubu 49 ku ijana by’imigabane y’uruganda rwa sima mu Rwanda yamaze kujya ku isoko...
Ku isi hose, iterambere ry’Imiyoborere myiza, ubukungu, ubutabera ndetse n’imibereho myiza by’abaturage bishingira ku bumenyi bw’abaturage bakomora mu gusoma ibitabo. Gahunda ya Leta y’u...
Hashingiwe ku myanzuro y’inama y’Abaminisitiri yabaye tariki ya 29 Nyakanga yemeje ko ingendo zo mu ndege zisubukurwa tariki ya 1 Kanama 2020. Ni muri...
Nyuma y’iminsi itageze kuri mirongo itatu (30) Umuvugizi wungirje wa ADEPR, Rev. Karangwa John, agizwe umwere ku byaha yaregwaga byatumye amara muri gereza ya...
Impuzamiryango iharanira iterambere ry’ubukungu burambye (NSEDO: Network for Sustainable Economic Development Organisations), ishimangira ko kugira ngo habeho iterambere ry’ubukungu rihamye, ritajegajega kandi rirambye ari...
Binyuze mu kigo cyayo gishinzwe iterambere mpuzamahanga (USAID), Leta zunze ubumwe za Amerika zahaye u Rwanda inkunga y’imashini 100 zitanga umwuka ku barwayi ba...
Nk’uko bigaragara mu mabwiriza ya Minisitiri No 004/ 07.01 yo ku wa 24 Nyakanga 2020, agenga itangwa ry’ikarita ndangamuntu ku muntu wayitaye cyangwa wayibwe...
Bamwe mu babyeyi bahagarariye abandi baturuse mu mirenge 17 igize Akarere ka Rulindo bafite abakobwa b’abangavu babyariye iwabo, bahuguwe ku bijyanye n’itegeko ryo gukuramo...
Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite, irasaba Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu kunoza uburyo abakozi bashinzwe ubuhinzi n’abashinzwe ubworozi mu mirenge bakurikiranwa. Yanasabye Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi kubongerera ubushobozi,...
Umunyamakuru Martin Niyonkuru yashyize hanze igitabo ‘IMBUTO Z’UMURUHO’ gikubiyemo inkuru igaragaza urugendo rwo kwigobotora ibibazo umuntu ashobora kunyuramo, agaharanira kubisohokamo no kubisohoramo abandi. Ni...
Abana b’abakobwa bagera ku 100, babyaye bari munsi y’imyaka 18 bo mu karere ka Rurindo, bongerewe ubumenyi ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo...
Ikigo Gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC), kiravuga ko nyuma y’aho bigaragaye ko coronavirus izamara igihe kirekire; ngo hagiye kwifashishwa abajyanama b’ubuzima mu bikorwa byo...