Hi, what are you looking for?
Mu buhamya bwa Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE), Dr Bizimana Jean Damascene, mu rubanza rwa Laurent Bucyibaruta wari Perefe wa Gikongoro, yavuze ko...
Umuyobozi w’Ikigo Nderabuzima na Data Manager bari mu maboko y’ubutabera bakurikiranyweho kwaka indonke na ruswa ishingiye ku gitsina benshi bamaze kumenyera ku izina rya...
Mu rubanza rwa Bucyibaruta rukomeje kubera mu Rukiko rwa rubanda (Cours d’Assises de Paris) mu Bufaransa, Gen. BEM Habyarimana Emmanuel wumviswe nk’ushinjura umuburanyi, aho...
Kuri uyu wa kane tariki ya 16 Kamena 2022, mu rukiko rw’i Paris mu Bufaransa, humviswe umutangabuhamya wasabwe n’ubushinjacyaha mu rubanza Laurent Bucyibaruta ukurikiranweho...