Raporo y’Urwego rw’Ubucamanza igaragaza ko ibyaha bibangamiye umuryango nyarwanda bikomeje kuba ikibazo gikomeye, nyuma y’uko imanza zabyo zakiriwe mu nkiko ziyongereye mu mwaka w’ubucamanza...
Hari bamwe mu bana bavuka ku bakora uburaya bahohoterwa bakiri bato na bamwe mu baza gusambanya ababyeyi babo, bakaba basaba na bo barindwa ihohoterwa...