akazi
Binyuze mu muryango utari uwa Leta ugamije guteza imbere abari abasirikare bamugariye ku rugamba n’abandi bafite ubumuga (RECOPDO: Rwanda Ex-Combatants and other Persons with...
Hi, what are you looking for?
Binyuze mu muryango utari uwa Leta ugamije guteza imbere abari abasirikare bamugariye ku rugamba n’abandi bafite ubumuga (RECOPDO: Rwanda Ex-Combatants and other Persons with...
Gahunda ya Youth Mentoring Program y’ Ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro rya IPRC Ngoma igenewe urubyiruko rw’abanyeshuri bari mu biruhuko, yafashije abayitabiriye gutegura ejo heza...
Kuba igitabo cyariswe “Goriyati araguye” bifitanye isano no kwerekana ko n’ubwo ibiyobyabwenge ari ikibazo gikomeye ariko gishobora gutsindwa nk’uko igihangange kivugwa muri Bibiliya cyahangamuwe...
Mu gice cya mbere cy’Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda, N° 66/2018 ryo ku wa 30/08/2018, twabagejejeho ibigengwa n’iri tegeko ndetse n’ibisobanuro by’amagambo akoreshwamo. Mu...
Ku wa 27 Kanama 2019 mu ntara y’amagepfo ku magereza Huye, Nyamagabe na Muhanga hatanzwe impamyabumenyi ku bagororwa 475 bize umwuga w’ubwubatsi. Muri abo...
Mu gice cya mbere cy’Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda, N° 66/2018 ryo ku wa 30/08/2018, twabagejejeho ibigengwa n’iri tegeko ndetse n’ibisobanuro by’amagambo akoreshwamo. Muri...
Ni mu nama yahuje Urugaga rw’amasendika y’abakozi mu Rwanda (CESTRAR), abakozi n’abakoresha ndetse n’urugaga rw’abikorera (PSF) ku wa 07-08 Kanama 2019; aho bafatanyije kuvugurura...
Sebera Edouard M. uherutse gushyira hanze igitabo yise “Bari mu nzozi zitagira kirotora”, igitabo cyanditswe muri Nyakanga 2018, yongeye kwandika ikindi yise “Ingoma ntizisa...
Abakora umurimo wo kwikorera imizigo no kuyitwaza abagenzi mu mujyi wa Kigali, bazwi kw’izina ry’Abakarani, bahangayikishijwe n’ifaranga rimwe bakishyurwa ku kilo k’ibyo bikorera. Ni...
Ikigo BTC (Belgine Training Center) gihugura kikanigisha itangazamakuru, kiratangaza ko ubu cyatanze Poromosiyo ku rubyiruko yo guhugurwa mu gihe cy’ibyumweru bitatu ntacyo bishyura. Iki...
Mu gice cya mbere cy’Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda, N° 66/2018 ryo ku wa 30/08/2018, twabagejejeho ibigengwa n’iri tegeko ndetse n’ibisobanuro by’amagambo akoreshwamo. Muri...
ITEGEKO N° 66/2018 RYO KU WA 30/08/2018 RIGENGA UMURIMO MU RWANDA Twebwe, KAGAME Paul, Perezida wa Repubulika; INTEKO ISHINGA AMATEGEKO YEMEJE, NONE NATWE...
“Umukoresha ubuza umugenzuzi w’umurimo kwinjira mu kigo, uwanze kumuha amakuru, utitaba ihamagarwa, cyangwa udashyira mu bikorwa imyanzuro y’umugenzuzi w’umurimo, aba akoze ikosa ryo mu...
Abagore bo mu murenge wa Remera, mu karere ka Gasabo, bavuga ko kwibumbira mu makoperative byabafashije kwiteza imbere, kwigirira, kunga ubumwe no kuzamura imyumvire...
Iyo unyuze hirya no hino mu mavuriro usanga abaganga b’inzobere atari benshi. Iyo bigeze ku bakurikirana abagore usanga umubare wabo ari muto cyane, ariko...