akazi
Umushinga w’ubufatanye muri TVET washyize ku isoko ry’umurimo aba mbere bize mu buryo bushya iby’ubwubatsi. Abanyeshuri ba mbere mu Rwanda bize iby’ubwubatsi mu buryo...
Hi, what are you looking for?
Umushinga w’ubufatanye muri TVET washyize ku isoko ry’umurimo aba mbere bize mu buryo bushya iby’ubwubatsi. Abanyeshuri ba mbere mu Rwanda bize iby’ubwubatsi mu buryo...
Ku wa kane tariki 10 Ugushyingo 2016, mu karere ka Rwamagana hakozwe ubukangurambaga kuri gahunda ya NEP (Kora Wigire). Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri...
Banki y’abaturage y’u Rwanda Banque Populaire du Rwanda-BPR Atlas Mara, irateganya kwirukana abakozi basaga 300. Muri bo hari abamaze kwirukanwa, aho banki ivuga ko...
Imwe mu miryango ifasha urubyiruko iranenga rumwe mu rubyiruko rwinenaguzwa imwe mu myuga rwanga kuyiga aho ruvuga ko igenewe igitsina runaka. Ruboneka Suzana, umwe...
Umushahara fatizo ni igihembo umukozi ahabwa kubera akazi aba yakoze ku munsi. Icyo gihembo kigenwa n’amategeko kandi ntigishobora kujyibwa munsi. Umushahara fatizo utuma abakozi...
Umunaniro ukabije mu kazi (Stress in working place) ni ikibazo gihangayikishije abakozi, ndetse uhitana abakozi benshi nyamara utari ku rutonde rw’indwara zihitana abakozi mu...
Mu nama mpuzamahanga ya 105 y’umurimo irimo kubera mu Busuwisi, Eric Mwezi Manzi yatorewe kuba Visi Perezida wa mbere mu bayoboye iyo nama izamara...
Urugaga rw’amasendika rw’amasendika y’abakozi mu Rwanda (CESTRAR), bavuga ko Ikibazo cy’imishahara fatizo gihangayikishije kubera Iteka rya minisitiri ridasohoka. Itegeko rigenderwaho rimaze imyaka 42, ariko...
Nyuma y’uko abakozi basaga 700 bahoze bakorera ibigo bishinzwe gukwirakwiza amazi n’amashanyarazi WASAC na REG bahagaritswe mu kazi mu buryo bavuga ko budakurikije amategeko...
Umugore watinyutse agakora umwuga w’ubudozi, aratangaza ko uyu mwuga umuteje imbere kubera udushya yagerageje guhanga bigatuma atera imbere ndetse n’ibyo akora bikiyongera. Fatuma Uwimana...
Imbuto nyinshi ziboneka ku masoko yo mu Rwanda, ziba zaturutse hanze y’igihugu cyane cyane “Imyembe”. Ariko icyo kibazo cyabonye umuti, kuko (Rtd) Maj. Ntabana...
Nyiratebuka Bernadette ni umwe mu bagore bavuye ku rugerero. Ahereye ku mafaranga ibihumbi ijana yahawe abwo yasezererwaga mu gisirikare, yashoboye gushinga Koperative igamije guha...