Amakuru
Abanyamakuru 60 bifatanyije n’abaturage bo mu murenge wa Cyumba mu karere ka Gicumbi, batera ibiti bigera kuri 500 mu busitani bwo ku muhanda mukuru...
Hi, what are you looking for?
Abanyamakuru 60 bifatanyije n’abaturage bo mu murenge wa Cyumba mu karere ka Gicumbi, batera ibiti bigera kuri 500 mu busitani bwo ku muhanda mukuru...
Bamwe mu bakozi “Agents” batanga serivizi za MTN ku bakiriya bayo bazikeneye, cyane cyane ku bakorera mu mitaka iba iri hirya no hino ku...
Binyuze mu masezerano Kaminuza yigisha ubukererugendo, Ikoranabuhanga n’ubucuruzi (UTB) yagiranye n’ibigo bikomeye byo muri Qatar n’i Dubai, abize muri iyo Kaminuza babarirwa hagati ya...
Binyuze mu muryango Purpose Rwanda, Ikigo nyarwanda Ralex Logistics, cyunganira abacuruzi muri Gasutamo mu kwinjiza ibicuruzwa no kubyohereza hanze hifafashishijwe inzira zo ku butaka,...
Bamwe mu baba hafi ibikorwa bya Siporo cyane cyane umupira w’amaguru, bagaye bikomeye icyemezo cya Minisiteri ya Siporo cyo guhagarika byinshi mu bikorwa bya...
Nyuma y’amezi asaga 9 u Rwanda rutangiye ibikorwa byo gukingira abaturage COVID-19, abaturarwanda basaga miliyoni 7 n’igice, bangana na 80% by’abagomba gukingirwa bamaze guhabwa...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryahannye abasifuzi 7 barimo 3 mu basifuye imikino ibiri mu yo ikipe ya Rayon sports imaze gukina muri shmpiyona...
The Parliament of Rwanda is set to host the 17th Conference of Speakers and Presiding Officers of the Commonwealth (CSPOC) – Africa Region. The Conference...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakomoje ku kibazo cy’umuvuduko wo mu muhanda washyinzwe ku kirometero 40 ku isaha mu mujyi wa Kigali, avuga ko...
Bwa mbere mu Rwanda hatangiye gukorwa amarushanwa yo gusoma no kwandika hifashishijwe ibitabo byanditse mu Kinyarwanda ariko byemejwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe Uburezi -REB. Nubwo...
Umuturage wo mu karere ka Kayonza witwa Rutayisire Boniface, yandikiye Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu amusaba kuzirikana abantu bose bari biyamamarije kujya mu nama Njyanama z’uturere,...
Amakuru atangazwa na Banki y’Isi, yagaragaje ibihugu 10 bya mbere mu bucuruzi mu mwaka wa 2021. U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri nyuma...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Niyonzima Olivier ‘Seif’ yahagaritswe igihe kitazwi mu Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ kubera imyitwarire idahwitse. Niyonzima yagaragaye mu...
Ku wa Gatanu tariki ya 12 Ugushyingo 2021, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS, na Minisiteri y’Ubuzima bashyikirije Umunyarwandakazi Mukantabana Crescence, igihembo mpuzamahanga yahawe...