Connect with us

Hi, what are you looking for?

Inkuru nyamukuru

Ubwirakabiri Bwuzuye: Ukwezi kwabaye nk’ukurimo amaraso

Ku cyumweru, tariki ya 7 Nzeri, habaye ubwirakabiri bw’ukwezi, aho izuba ryarasiye mu kwezi kugahinduka nk’amaraso. Abantu barebye mu kirere bagize amahirwe yo kubona ubwirakabiri bwuzuye, rimwe na rimwe bita “Ukwezi kw’amaraso.”

Bibaho iyo Isi ije hagati y’izuba n’ukwezi, ikabuza imirasire y’izuba gutambuka. Nk’uko tubcyesha Reuters, Associated Press, hamwe n’ibiro ntaramakuru by’abafaranfa (AFP) byashoboye kugaragaza ubwirakabiri muri Iraki, Indoneziya, Ukraine, na Turukiya, aho ukwezi kwari kwari kwahindutse umutuku cyane.

Ubwirakabiri bw’izuba muri 2026

Ikinyamakuru Le Figaro gitangaza ko mu kwezi gutaha, ni ukuvuga ukwezi k’Ukwakira, hazabaho gutakaza urumuri rwera biterwa n’imirasire y’izuba hajuru y’ukwezi. Ryan Milligan, umuhanga mu bumenyi bw’inyenyeri wo muri Kaminuza ya Belfast yo mu majyaruguru ya Irland, asobanura ko imirasire yonyine igera ku isi “igaragarira buri wese kandi ikwirakwizwa mu kirere cy’isi”. Uburebure butukura bw’urumuri ni birebire, bityo biranyanyagira byoroshye mu gihe byanyuze mu kirere cy’isi. Asobanura agira ati “Nibyo biha Ukwezi kugira ibara ritukura, ibara ry’amaraso”.

Byose bisaba ikirere cyiza hamwe no kuba ahantu heza kugira ngo tubone ubwirakabiri bw’ukwezi. Uku kwezi kwabaye ukwezi kwa kabiri kwagaragaye muri uyu mwaka, nyuma y’ukwezi kwa Werurwe. Uku kwezi kw’amaraso ni intangiriro y’izuba ryinshi riteganijwe umwaka utaha ku wa 12 Kanama 2026 (icyo gihe bizaba ari mu mpeshyi). Ubwirakabiri bw’izuba, nk’ubu, no mu 2006.

Si ukuvuga ko rero ari ibintu bidasanzwe ahubwo biterwa n’isaha icyo gikorwa kigaragariyeho.

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Izindi wakunda

Amakuru

Itsinda ry’abahanga mu bwubatsi mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) bafatanyije na bagenzi babo bo muri Jamaica  (JDF) mu mirimo  yo gusana ibyangijwe n’ibiza mu...

Amakuru

Serumogo Ally wakiniraga Rayon Sports na Shaban Hussein Tshabalala wakiniraga Musanze FC batangajwe nk’abakinnyi bashya ba El Merriekh FC Bentiu. Bibaye  nyuma y’uko Serumogo...

Ibitekerezo

Ndemera kandi nshima intego z’iri tegeko rishya rigenga ikoreshwa ry’umuhanda, zirimo kurengera ubuzima, kongera inshingano n’uburyozwe, no kuvugurura imicungire y’umutekano wo mu muhanda mu...

Advertisement

Address:

KG 17 Av 37
Remera-ARJ/RMC House
Amahoro National Stadium
Registration Number: RMC/C/14/015
Accreditation: RURA/ICT/LIC/210181745

e-mail: editor.panorama.rw@gmail.com; panoramarw@gmail.com

Tel: 0788300359 -0733003020

Twitter: @PanoramaNewspa1; @reneanthere
Facebook: Panorama Newspaper

Services:

Panorama Newspaper, Animation, Conducting Community debates, Organizing Talk shows, Consultancy in Media, Photography, Newsletters, Magazines, Videos, Documentaries, Translation, Editing, Book publishing, Motion picture, video and television programme production activities, Motion picture, video and television programme postproduction activities
Motion picture, video and television programme distribution activities, Motion picture projection activities, Other information service activities n.e.c.
Other publishing activities, Publishing of newspapers, journals and periodicals
Radio broadcasting, Television programming and broadcasting activities