Amateka
Uyu mugani bawucira ku muntu ukunda kugira umururumba aririra utw’abandi, ntanyurwe n’ibye bwite n’iyo byamusagiranye; ni bwo bavugaga bati “Ingwize yishe Ntango”. Wakomotse kuri...
Hi, what are you looking for?
Uyu mugani bawucira ku muntu ukunda kugira umururumba aririra utw’abandi, ntanyurwe n’ibye bwite n’iyo byamusagiranye; ni bwo bavugaga bati “Ingwize yishe Ntango”. Wakomotse kuri...
Mu mugoroba wo ku cyumweru tariki ya 2 Kanama 2020 ahagana saa mbiri nibwo inzego z’umutekano zafashe Munyempundu Jean Pierre w’imyaka 33 na Habimana...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu mazi tariki ya 28 na 31 Nyakanga ryakoze igikorwa cyo kurwanya abakora ibikorwa by’uburobyi bitemewe...
Hashingiwe ku myanzuro y’inama y’Abaminisitiri yabaye tariki ya 29 Nyakanga yemeje ko ingendo zo mu ndege zisubukurwa tariki ya 1 Kanama 2020. Ni muri...
Kigali – The United States Government, through the U.S. Agency for International Development (USAID), has donated 100 new state-of-the-art ventilators to Rwanda to fight...
Nyuma y’iminsi itageze kuri mirongo itatu (30) Umuvugizi wungirje wa ADEPR, Rev. Karangwa John, agizwe umwere ku byaha yaregwaga byatumye amara muri gereza ya...
Impuzamiryango iharanira iterambere ry’ubukungu burambye (NSEDO: Network for Sustainable Economic Development Organisations), ishimangira ko kugira ngo habeho iterambere ry’ubukungu rihamye, ritajegajega kandi rirambye ari...
Binyuze mu kigo cyayo gishinzwe iterambere mpuzamahanga (USAID), Leta zunze ubumwe za Amerika zahaye u Rwanda inkunga y’imashini 100 zitanga umwuka ku barwayi ba...
Nk’uko bigaragara mu mabwiriza ya Minisitiri No 004/ 07.01 yo ku wa 24 Nyakanga 2020, agenga itangwa ry’ikarita ndangamuntu ku muntu wayitaye cyangwa wayibwe...
Kugira ngo harangizwe urubanza RCOM 01162/2017/TC/NYGE na RCOMA 00302/2018/CHC/HCC, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko kuwa gatatu tariki ya 05/08/2020 guhera saa sita...
Bamwe mu babyeyi bahagarariye abandi baturuse mu mirenge 17 igize Akarere ka Rulindo bafite abakobwa b’abangavu babyariye iwabo, bahuguwe ku bijyanye n’itegeko ryo gukuramo...
Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite, irasaba Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu kunoza uburyo abakozi bashinzwe ubuhinzi n’abashinzwe ubworozi mu mirenge bakurikiranwa. Yanasabye Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi kubongerera ubushobozi,...
Umunyamakuru Martin Niyonkuru yashyize hanze igitabo ‘IMBUTO Z’UMURUHO’ gikubiyemo inkuru igaragaza urugendo rwo kwigobotora ibibazo umuntu ashobora kunyuramo, agaharanira kubisohokamo no kubisohoramo abandi. Ni...
Abana b’abakobwa bagera ku 100, babyaye bari munsi y’imyaka 18 bo mu karere ka Rurindo, bongerewe ubumenyi ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo...
Abakundana bahuje ibitsina (homosexual) si abantu basanzwe bamenyerewe mu muryango nyarwanda. Umuco w’abanyarwanda ndetse n’imyemerere bikomeza imbaraga z’ihezwa n’akato ku bisanze bariho batyo. Umuryango...