Amakuru
Ubuyobozi bw’Ingoro Ndangamurage y’amateka n’imibereho y’Abanyarwanda butangaza ko 70 kw’ijana by’abayisura ari Abanyarwanda. Ariko bamwe mu baturage batuye mu karere ka Huye iherereyemo, bavuga...
Hi, what are you looking for?
Ubuyobozi bw’Ingoro Ndangamurage y’amateka n’imibereho y’Abanyarwanda butangaza ko 70 kw’ijana by’abayisura ari Abanyarwanda. Ariko bamwe mu baturage batuye mu karere ka Huye iherereyemo, bavuga...
Binyuze mu masomo y’ubumenyi-ngiro ashingiye ku bumenyi n’ubushobozi umwana yifitemo, abanyeshuri bo mu mashuri abanza, ayisumbuye n’amakuru bakomeje kugaragaza udushya mu gushaka bimwe mu...
Kugirango harangizwe urubanza RCOMAA 00069/20l8lCA, Umuhesha w’lnkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa gatanu tariki ya 13/09/2019 saa cyenda z’amanywa (15h00) azagurisha mu...
Mu mikino y’amajonjora yo guhatanira kujya mu gikombe cy’Isi 2022 kizabera muri Qatar, mu mukino ubanza u Rwanda rutsindiye Seychelles iwayo ibitego 3-0. Iyi...
Amakuru akwirakwira ku mbugankoranyambaga agaragaza ko urutonde rw’abakinnyi 18 b’ikipe y’u Rwanda rwatangajwe n’umutoza w’Umupira w’amaguru, rutariho Kapiteni wayo Haruna Niyonzima kubera ibyangombwa byagaragaye...
Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 4 Nzeri 2019, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza, arikumwe n’Umuyobozi Mukuru wungirije...
Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe umutekano wo muhanda (Traffic Police) riributsa abatwara ibinyabiziga, muri ibi bihe twinjiyemo by’imvura y’Umuhindo, kugira uruhare rukomeye mu kwirinda...
Ubuyobozi bw’Ikigo k’igihugu cy’ubuzima, RBC, butangaza ko mu Rwanda gahunda yo kuboneza urubyaro igenda neza, kuko umubare w’abana ku muryango ugenda ugabanyuka, kuko mu...
Mu kwizihiza iminsi ijana itorera ry’Abadivantisiti b’Umunsi waw a Karindwi rimaze rigeze mu Rwanda, Abizera baryo bakoze umuganda rusange ngarukakwezi mu kagari ka Rugando,...
Polisi y’u Rwanda itangaza ko abashoferi 53 bafashwe mu mpera z’iki cyumweru bakuye mu modoka zabo utugabanyamuvuduko. Abo bashoferi ubu bacumbikiwe na Polisi bakurikiranweho...
Mu mpera z’icyumweru gishize, kuva kw’itariki ya 29 kugeza mw’ijoro ryo ku wa 31 Kanama 2019, abantu barenga 80 bafatiwe mu bikorwa bya Polisi byo kurwanya abantu...
Mu rwego rwo kwikemurira ibibazo, abatuye Umudugudu wa Gasasa, Akagari ka Rugando, Umurenge wa Kimihurura mu karere ka Gasabo, bishatsemo ubushobozi batangira kwiyubakira imihanda...
Umyobozi w’Akarere ka Musanze wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Ndabereye Augustin, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Kanama 2019, yatawe muri...
Umuco w’umuntu ni yo ndangagaciro ye. Nk’uko ntakidapfa kandi byose bihinduka, hari ibigenda bihinduka mu buzima bw’umuntu kubera imibereho n’impinduka z’ibihe ndetse n’ibigezweho, ariko...
Mu mukwabu wakozwe na Polisi mu maduka yo kw’isoko rya Mimuli mu karere ka Nyagatare ku wa gatatu tariki ya 28 Kanama 2019, hafashwe...