Amakuru
Abaturiye ruhurura itwara amazi aturuka mu bice bya Stade Amahoro iyajyana mu mubande w’Akagari ka Nyabisindu baratabaza ko hatagize igikorwa, uretse kuba aya mazi...
Hi, what are you looking for?
Abaturiye ruhurura itwara amazi aturuka mu bice bya Stade Amahoro iyajyana mu mubande w’Akagari ka Nyabisindu baratabaza ko hatagize igikorwa, uretse kuba aya mazi...
“Ubuyobozi bwacu bwaduhaye imfashanyigisho n’aho kurebera hagaragara. Ntacyatuma rero tudasigasira ubutwari bw’abanyarwanda bwazutse… amahirwe twagize ni uko mbere y’ubukoloni twagize ubuyobozi buharanira kugira igihugu...
Mu ijoro rya tariki ya 31 Mutarama rishyira iya 01 Gashyantare 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali ku bufatanye n’inzego z’abaturage...
Buri wa 1 Gashyantare u Rwanda rwizihiza Umunsi w’Intwari, hibukwa ibikorwa by’indashyikirwa byaranze abantu batandukanye kugeza n’ubwo bamwe bahara ubuzima bwabo bitangira igihugu n’abagituye....
Abapolisi bagera kuri 40 barimo 20 baturutse muri Polisi yo mu gihugu cya Sudani y’Epfo (South Sudan National Police Servise) na 20 baturutse muri...
Abayobozi batandukanye barimo abafite mu nshingano Itangazamakuru mu Rwanda, ab’inzego z’ibanze bo muri iyi Ntara, Polisi, abasirikare, Dasso n’abandi, ku wa Kane tariki ya...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Mutarama 2020, Rwandair yasohoye itangazo rimenyesha abakiriya bayo ko ibaye ihagaritse by’agateganyo ingendo zigana...
Abayobozi b’ibigo by’amashuri mpuzamahanga bikorera mu Rwanda biyemeje guhangana n’ikibazo k’ibiyobyabwenge kivugwa mu bigo bayobora, basaba Polisi n’abandi babifite mu nshingano kubaha imfashanyigisho ziteguye...
Leta y’u Rwanda ifatanyije n’abafanyabikorwa bagiye gushyiraho ingo mbonezamikurire y’abana bato 5000. Uyu mushinga biteganyijwe ko uzaba urangiye mu 2021. Uwo mushinga uzatwara miliyoni...
Ba rutahizamu babiri ba Rayon Sports, Jules Ulimwengu na Michael Sarpong, bari baragiye mu igeragezwa mu gihugu cy’u Bushinwa bagiye kugaruka mu Rwanda bakinire...
Ikigo cy’imisoro n’amahoro (RRA: Rwanda Revenue Authority) kimuye itariki yo kumenyekanishirizaho no kwishyura imisoro ku mutungo utimukanwa wa 2009, ipatanti 2020 n’umusoro ku nyungu...
Ikigurishwa: Umutungo utimukanwa UPI: 5/07/10/01/107 Tariki ya cyamunara: 06/02/2020 Isaha ya cyamunara: 15:00 Aho umutungo uherereye Akagari: Kanazi Umurenge: Nyamata Akarere: Bugesera Telefoni wabarizaho: 0788307398 Soma itangazo hano hasi
Inama y’abaminisitiri idasanzwe yo ku wa 28 Mutarama 2020, yayobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, mu myanzuro yafashe harimo uwo kwemeza Iteka rya...
Mu birori byo gutaha ku mugaragaro ishuri ribanza rya Munzenze, ryubatswe mu Murenge wa Ngeruka mu karere ka Bugesera; abangavu batewe inda z’imburagihe biganjemo...
Mu bubasha ahabwa n’amategeko, Perezida Kagame yahaye imbabazi abana 18 bari bafungiye muri Gereza ya Nyagatare, batsinze neza ibizamini bya Leta. Imbabazi nk’izi zatanzwe...