Amategeko
Kugira ngo harangizwe urubanza RCOM 0068/15/TC/NYGE rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa mbere tariki ya 10/08/2020 saa munani...
Hi, what are you looking for?
Kugira ngo harangizwe urubanza RCOM 0068/15/TC/NYGE rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa mbere tariki ya 10/08/2020 saa munani...
Uwitwa UWASE Christa mwene Gasarabwe Canisius na Musaningabe Jeanne, utuye mu mudugudu wa Rwakibirizi, Akagari ka Nyamata Ville, Umurenge wa Nyamata, Akarere ka Bugesera,...
Abagore babarurirwa mu byiciro byihariye basaga 100 babarurirwa mu mujyi wa Kigali, basabwe kugira uruhare rukomeye mu kwirinda ikwirakwizwa rya COVID-19, babikangurira abo bana...
Abakurikirira hafi amateka y’Isi basanga nta muntu ugomba kwemera ko amateka y’igihugu cye asibangana kuko kuyatakaza bigira ingaruka mbi nyinshi ku bariho ubu ndetse...
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Kanzenze mu Karere ka Rubavu baravuga ko bamaze imyaka irenga irindwi batarabona ingurane y’imirima yabo bambuwe ikagurirwamo...
Ku ngoma y’umwami Yuhi wa V Musinga wayoboye u Rwanda ahagana mu 1883 -1944 agace ka Gitwe kari mu Murenge wa Bweramana mu Karere...
Nyuma y’imyaka 36 uru ruganda rumaze mu Rwanda rukora sima, kuri ubu 49 ku ijana by’imigabane y’uruganda rwa sima mu Rwanda yamaze kujya ku isoko...
Ku isi hose, iterambere ry’Imiyoborere myiza, ubukungu, ubutabera ndetse n’imibereho myiza by’abaturage bishingira ku bumenyi bw’abaturage bakomora mu gusoma ibitabo. Gahunda ya Leta y’u...
Ikigurishwa: Inzu UPI: 5/07/10/05/5091 Tariki ya cyamunara: 11/08/2020 Isaha ya cyamunara: saa cyenda z’igicamunsi 15:00 Aho umutungo uherereye Akagari: Nyamata y’Umujyi Umurenge: Nyamata Akarere: Bugesera Telefoni wabarizaho: 0788307398/0788482817...
Uyu mugani bawucira ku muntu ukunda kugira umururumba aririra utw’abandi, ntanyurwe n’ibye bwite n’iyo byamusagiranye; ni bwo bavugaga bati “Ingwize yishe Ntango”. Wakomotse kuri...
Mu mugoroba wo ku cyumweru tariki ya 2 Kanama 2020 ahagana saa mbiri nibwo inzego z’umutekano zafashe Munyempundu Jean Pierre w’imyaka 33 na Habimana...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu mazi tariki ya 28 na 31 Nyakanga ryakoze igikorwa cyo kurwanya abakora ibikorwa by’uburobyi bitemewe...
Hashingiwe ku myanzuro y’inama y’Abaminisitiri yabaye tariki ya 29 Nyakanga yemeje ko ingendo zo mu ndege zisubukurwa tariki ya 1 Kanama 2020. Ni muri...
Kigali – The United States Government, through the U.S. Agency for International Development (USAID), has donated 100 new state-of-the-art ventilators to Rwanda to fight...
Nyuma y’iminsi itageze kuri mirongo itatu (30) Umuvugizi wungirje wa ADEPR, Rev. Karangwa John, agizwe umwere ku byaha yaregwaga byatumye amara muri gereza ya...